umu amakuru-  Breaking News :Abantu 32 bamaze kwicwa n’imvura uyu munsi | Umusingi

Gakenke  Breaking News :Abantu 32 bamaze kwicwa n’imvura uyu munsi

Please enter banners and links.

Gakenke

 

Uyu munsi kuwa 8 Mata 2016 imvura inyinshi yazindutse igwa imanura ubutaka n’ibiti bifunga umuhanda Gakenke Musanze ndetse yica abantu 32 ariko umubare ishobora kwiyongera.Amakuru uturuka Gakenke aravuga ko amazu 80 yamaze gusenywa n’imvura abantu 32 barapfa .

Bamwe mu bagerageje kunyura muri uwo muhanda ni uko bitoroshye ku hanyura ufite imodoka ndetse n’abanyamaguru bahanyura bambukijwe bahetswe mu mugongo kuko ubutaka bwamanutse bukuzura mu muhanda ukanyerera ndetse n’ibiti bigwa mu muhanda ku buryo inzira yafunzwe n’ibyo biti n’ubutaka bwa manutse .

Frank Habineza Perezida w’Ishyaka Green Party n’umwe mu bahageze akaba yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yahageze ndetse avuga ko amazu 80 yasenywe n’imvura hagapfa abantu 32

Gakkenke.

Gaakenke

Gakenkee

Ggakee

gAAKKA

Gakkkeee

.Perezida wa Green Party Frank Habineza akaba yihanganishije ababuze ababo ati “imiti yacu nk’abayoboke ba Green Party iri kumwe namwe mwabuze abanyu kubera imvura idasanzwe”.

 Inkuru turacyayikurikirana kugirango tumenye icyo ubuyobozi buvuga kuri iki kibazo n’ingamba bari bugifatire .

2,578 total views, 5 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.