Amwe mu mazu yubakanywe Swaga
— April 20, 2016
Please enter banners and links.

Abahanga mu kubaka bubatse amazu afite Swaga nkuko imvugo y’ubu ivuga ,bivuze ko kiba ari ikintu kiza cyane .Dubai nicyo gihugu hagaragaye inyubako nziza ku isi ikaba yitwa THE CRESCENT MOON TOWER Duba.Aya mazu usanga yinjiriza ibihugu cyane kuko abakire ku isi barahaguruka bakajya gutemberayo aho biba byubatse barabibonye nkuko mu makuru ugasanga ibihugu byungukiramo.Hano mu Rwanda abantu bajyaga bavuga CITY PLAZA IKIZA BABONA ARIYO NYUBAKO NZIZA IBAHA KU BATARAGERA MU BIHUGU BYA KURE ARIKO UBU HAJE kIGALI cITY cENTRE NAYO BATI NIYA MBERE ARIKO UMUNSI MWAGEZE AHO IZI ZUBATSE NIBWO BAZEMERA KO ZIFITE sWAGA .
Reba amafoto y’inyubako zifite Swaga nawe ushobora kuzagerayo aho imwe iri ukurebera .

THE CRESCENT MOON TOWER Dubai

THE CYBERTECTURE EGG ,iyi nyubako yubatswe mu ishusho ry’igi ry’inkoko ikaba yarubatswe i Mumbai muri India


ABSOLUTE WORLD utu tuzu twubatse mu gihimba cy’umugore nibwo bugize ‘Absolute City Centre Development’ muri Mississauga, Ontario mu Canada ,abantu bakaba bakodeshaho amazu yo kubamo.


THE KUWAIT COBRA TOWER 
PIANO HOUSE


The Ryugyong Hotel – North Korea
4,583 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply