Abakinnyi ba Man United 4 basinyiye abafana Autography zo kuzajya gusangira nabo
— April 13, 2016
Please enter banners and links.

Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Man United nyuma yo gukora imyiteguro aho kuri uyu wa 6 bazakina n’ikipe ya West Ham United mu gikombe cya FA bamwe mu bafana b’iyi kipe basigiwe ibineza neza nyuma yo gusinyirwa Autography zo kuzajya gusangira nabo.
Kuva uyu mwaka watangira abakinnyi ntibarizihiza ikirori na kimwe ariko abakinnyi bakaba batangiye gusinyira abafana babo umunsi ikirori cyabaye bazajya gusangira nabo.Ubundi iyo umukinnyi ugusinyiye ,iyo habaye ibirori werekana aho yagusinyiye ukinjira mukajya gusangira .

Memphis Depay

Daley Blind

Timothy Fosu-Mensah

Marcus Rashford
Ikipe ya Man United izasura West Ham umukino wabanjije baranganyije igitego kimwe kuri kimwe .
Mu gikombe cya FA iyo ikipe zinganyije zisubiramo uwo mukino bityo zikaba zigiye kuwusubiramo ku kibuga cya West Ham bishobora kuzagora ikipe ya Man United kuhatsindira kuko muri FA ikipe zikina umukino umwe itsinzwe iba ivuye mu irushanwa ,iyo zinganyije umukino usubirwamo.
Mu basinyiye abafana harimo Daley Blind , Memphis Depay , Timothy Fosu-Mensah na Marcus Rashford .
Muhungu John
2,819 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply