Umunyarwanda Herve B. M ari mu bagabye igitero cyahitanye abantu 32 mu Bubiligi
— April 10, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa 9 Mata 2016 Ubushinjacyaha mu gihugu cy’uBubiligi bwaburanishije abantu 4 barimo n’umunyarwanda witwa Herve B. M.
Ibinyamakuru bitandukanye birimo AP byazindutse byandika bivuga ko umunyarwanda ari mu bateye ibisasu ku kibuga cy’indege mu gihugu cy’uBubiligi taliki 22 Werurwe 2016 bigahitana abantu 32 bigakomeretsa 270.
Abantu batandukanye hirya no hino bisa nkaho byabatangaje kumva umunyarwanda akorana na ISIS umutwe wa kiyisiramu ugenda utera abantu ibisasu.Mu minsi ishize mu Rwanda hiciwe undi witwa Mugemangango Mohamad watwaraga urubyiruko mu mutwe wa ISIS akaba yararashwe na polisi y’uRwanda nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi ACP Twahirwa Celestin ubwo yabitangarizaga abanyamakuru.Hari Kuwa 23 Mutarama 2016 ubwo Mugemangango yaraswaga .
Hari ashize iminsi mike nabwo havuzwe umusirikare w’umunyarwanda warashe bagenzi be 5 bakahasiga ubuzima mu gihugu cya Central Africa ubwo bari mu gikorwa cyo kubungabunga umutekano ku isi.

Muri iyi minsi nabwo hari abantu 17 bashyikirijwe ubutabera ndetse iburanisha ryabo rikaba ryarabereye mu muhezo ikintu kitishimiwe n’itangazamakuru kuko abanyabyaha nta mpamvu yo kubahishira.
Umukuru ushinzwe iperereza (C.I.D)ACP Theos Badege akaba aherutse kwemeza ko mu Rwanda hagaragaye abakora ibikorwa by’iterabwoba (ISIS).
Ubundi igihugu cy’uRwanda n’indangagaciro ziranga abanyarwanda umuco wo kwiyahura ,gutera ibisasu ntazo bagiraga ,ubu hakaba hibazwa impamvu muri iki gihe hagaragara abiyahuzi .


ibyihebe nkuko bikomeje kugaragara hirya no hino ku isi.Mu bandi bafatanywe n’umunyarwanda harimo Osama Krayem, Bilal E. M na Abrini ,uyu camera zikaba zaramugaragaje yambaye ingofero agura ibintu mu iduka yamara kuhava ako kanya hagaturikira igisasu.
Abrini akaba yariyemereye ko ariwe wari wambaye ingofero ubwo yabazwaga mu genzacyaha .
Uyu Abrini akaba yarabyigishijwe ndetse bikaba atari ubwa mbere mu bitero bihitana abantu kuko ashinjwa no mu bateye ibisasu mu gihugu cy’uBufaransa cyahitanye abantu 130.
Ubwanditsi
2,771 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply