Umugambi wo kwica Bebe Cool wari uwo kumwica umunsi umugore we Zuena yabyaye
— November 11, 2017
Please enter banners and links.

Mu minsi ishize mu gihugu cya Uganda havuzwe urupfu rw’umuhanzi Dizzy wari kumwe na Bebe Cool imodoka idafite pulake irimo abantu batazwi yashakaga kugonga uyu muhanzi Bebe Cool ariko igahusha ikagonga uwo bari kumwe agapfa.
Bebe Cool yahise abyandika ku rubuga rwe rwa Facebook avuga uburyo imodoka ifite ibirahure by’umukara idafite pulake abayibonye yari iparitse ahantu kumara umwanya muremure isa n’ifite icyo itegereje ku ruhande rw’akabyiniro Bebe Cool yari yagiye gucurangamo.


Uwo munsi abantu bari bakwirakwije amafoto y’umugore wa Bebe Cool Zuena ko yabyaye ariko nyuma umugabo we arabihakana ko atarabyara ahubwo hari abantu batangaje ko yabyaye.
Amakuru aturuka mu bantu bazi uyu muryango bavuga ko abagizi ba nabi aribo bari bapanze icyo gikorwa kibi cyo kwica Bebe Cool bazi ko uwo munsi aribwo umugore we Zuena aribube yabyaye.
Bebe Cool akaba yarigeze kugeragezwa kwicwa arashwe ubwo abantu batazwi bamurasiye mu gitaramo bakamurasa mu kuguru ndetse na Perezida Museveni akaba yaramusuye mu bitaro aho yari arwariye.
Bivuze ko abamurashe bakimushakisha ariko kugeza ubu uyu muhanzi akaba ataramenya icyo bamuziza.
Noella
2,629 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply