Kuki Meddy agiye kurongora Umunyatiyopiyakazi?.(AMAFOTO)
— November 11, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma yo kuriza abanyarwandakazi ,uyu musore Ngabo Medard nta numwe yifuje ,ahubwo asatiriye amazi magari mu gihugu cya Etiyopiya yerekane umukobwa baba bari mu rukundo nyuma y’igihe kirekire atavugwaho ibyerekeye urukundo.
Uyu muhanzi NgaboMedard ubusanzwe ntabwo akunze kwigaragaza cyane mu nkundo usanga akenshi abihishira aho bamwe baba bibaza impamvu imutera guhishahisha ibyinkundo kandi abandi bahanzi usanga akenshi biba bibavugwaho mu bitangazamakuru.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu yifashishije Instagram ye yereka akavidewo k’uyu mukobwa bari mu modoka bameze nkabari mu byishimo bidasanzwe. Uyu mukobwa Meddy yerekanye akaba ari Umuganga mu kazi ke kaburi munsi dore ko uyu mukobwa ari byo yigiye.

Umuhanzi Meddy ari kumwe n’umukunzi we




Uyu mukobwa witwa Sosena Aseffani yakunze kugaragara cyane ari kumwe na Meddy,doreko mu mashusho y’indirimbo ye yitwa” Burinde Bucya”uyu mukobwa ayirimo aho aba amwicaye kumugongo amuha umunyenga.
Bamwe mu bakobwa bo mu Rwanda bakundaga uyu musore bamwe nyuma yo kumenya ko agiye kurongora Umunyatiyopiyakazi byabateye kubabara cyane kuko buri umwe yumvaga azagira amahirwe yo gushakwa n’uyu musore uba muri Amerika uherutse mu Rwanda.
David Mayira/umusingi.net
4,459 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply