Hatagize igikorwa mu Rwanda mu myaka 3 ibindi bitangazamakuru bizafunga –KNC
— November 8, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa kabiri tariki 7 Ugushyingo 2017 mu kiganiro ku itangazamakuru cyenereye muri Serena Hotel KNC nyiri TV1na Radio1 abajijwe ikibazo ati urabona ute itangazamakuru mu Rwanda mu myaka 5 iri imbere?.
KNC yahise avuga ko uretse n’imyaka 5 ,mu myaka 3 gusa hatagize igikorwa ibindi bitangazamakuru bizafunga cyane cyane Televiziyo ariko radiyo zo zarwazarwaza ariko Televiziyo zo zizafunga.
KNC yavugurujwe na Mugisha Emmanuel umunyamabanga nshingwabikorwa w’urwego rw’abanyamakuru rwigenzura we aho yavuze ko mu myaka 5 itangazamakuru rizaba riteye imbere.

KNC umuyobozi wa TV1/Radio1 uhereye i bumoso ,Emmanuel Mugisha RMC ,Semukanya na Dr.Christopher Kayumba
Dr.Christopher Kayumba we yavuze ko n’ubwo gahunda ya Leta ishishikariza banyiri bitangazamakuru kwishyira hamwe kugirango bafashwe ndetse bagire imbaraga we yagize ati “ibitangazamakuru byakwishyira hamwe bitakwishyira hamwe ikizashoboka mu Rwanda na online Newspaper cyangwa Television online na radio online kandi nabwo ntago tuzagira utuvugira inkuru nkuko twavugaga ngo ni nde uzavuga inkuru ya Africa?”.Hashize iminsi mike habaye inama iteguwe na RURA ifatanije na RMC aho banyiri ibitangazamakuru bagiriwe inama uburyo bakwishyira hamwe Leta ikabafasha.
Bamwe mu bayobozi b’ibitangazamakuru ntibumva ukwishyirahamwe icyo byabongerera mu rwego rw’amafaranga abandi babyumva nabo bakavuga bati ubundi se twakwishyira hamwe gute?bigatangizwa na nde?ahubwo bakavuga bati niba Leta ishaka ko bishyirahamwe kuki idahera kuri abo babyumva ikabafasha kugirango n’abandi batabyumva bakabyumviraho?.
Gatera Stanley
2,457 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply