Impanuka y’indege yahitanye abantu bane muri Abidjan
— October 14, 2017
Please enter banners and links.

Abantu bagera kuri bane bahasize ubuzima igihe indege yagwaga mu kiyaga hafi y’ikibuga cy’indege cya Abidjan, mu murwa mukuru wa Cote d’Ivore.
Abo bane bahasize ubuzima ni abo mu gihugu cya Moldova; abandi benshi bakomeretse harimo abanyagihugu b’Abafaransa.
Amajana y’abantu baje kureba iryo sanganya bari buzuye ku mucanga uri hafi y’aho ryabereye, mu gihe abashinzwe gutabara bariho barakura inkomere muri iyo ndege.
Iyo ndege yari itwaye ibikoresho by’abasirikare b’Ubufaransa.
Igisirikare cy’Ubufaransa gifite ikigo hafi y’ikibuga cy’indege cya Abidjan, gikoreshwa nk’ububiko bw’ibikoresho byifashishwa mu gikorwa cyo kurwanya abarwanyi ba ki Islam mu bihugu bituranye na Cote d’Ivoire.
2,621 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply