Akarere ka Rwamagana kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’Uturere n’amanota 82.2%
— October 6, 2017
Please enter banners and links.

Akarere ka Rwamagana niko kaje ku mwanya wa mbere mu kwesa imihigo mu mwaka wa 2016/2017. Rubavu na Kicukiro ziravugwaho byinshi mu mikorere mibi kandi utwo turere twarakoraga neza mbere y’uko duhabwa abayobozi bashya.
Ubwo yamurikaga uburyo imihigo yeshejwe muri uyu mwaka, Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko Akarere ka Rwamagana kashyize mu bikorwa imihigo kagira amanota 82.2%.
Urutonde rw’uko uturere twesheje imihigo
- Rwamagana 82.2%
- Musanze, 81.28 %
- Huye 80.55 %
- Gakenke 80.12 %
- Nyarugenge 79.71 %
- Gatsibo 79.55%
- Kirehe 79.39%
- Burera 79.33%
- Gasabo, 79.19 %
- Gicumbi 79.19%
11.Nyasheke 78.74%
- Rutsirto 78.74%
- Karongi 78.62%
- Rusizi 78.60 %
- Nyaruguru 78.40%
- Muhanga 78.40 %
- Ngororero 78.33%
- Nyagatare 78.85%
- Kamonyi 77.51%
- Ngoma, 77.50%
- Nyanza 77.15%
- Bugesera 76.95%
23 Kayonza 76.86%
- Nyabihu 76.15%
- Kicukiro 76.2 %
- Gisagara 75.66%
- Nyamagabe 75.55%
- Ruhango 75.27 %
- Rulindo 75.19 %
- Rubavu 72.86
3,228 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply