Turukiya yagiranye amasezerano ya gisirikare n’Uburusiya kubera ubwoba
— September 12, 2017
Please enter banners and links.

Igihugu cya Turukiya cyateye igikumwe ku masezerano agiye gutuma Uburusiya bugiha uburyo bwa S-400 bwo kwikingira ibitero bya “missile”.
Perezida Recep Tayyip Erdogan yavuze ko Ankara yabaye itanze amafaranga make kuri ayo masezerano, amafaranga ashyikakuri miliyari z’amadolari 2.5.
Igihugu cya Turukiya ni icya kabiri gifite ibirwanisho byinshi mu bihugu biri mu muryango wo kwivunira umwansi hamwe na Otan.
Ibihugu byo muri uwo muryango bisabwa kugura ibirwanisho bishobora kujyana n’iby’uwo muryango.
Turukiya imaze igihe yunga ubucuti n’Uburusiya inyuma yaho bunaguriye imigenderanire na Amerika.
Turukiya yari yamirije imfashanyo ya gisirikare yahawe inyeshamba z’aba Curdes za Siriya zo mu mugwi YPG, zicuditse n’izindi z’aba Curdes zo muri Turukiya.
Uburusiya buvuga ko uburyo S-400 bushobora gushika ku birometero 400, bugashobora gukororera rimwe ibigwanisho 80.
Mu gihe ibi bihugu byombi bisinye amasezerano y’ubufatanye mu bya Gisirikare bamwe bavuga ko batewe ubwoba na Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza ibisasu bya kirimbuzi bakaba batinya ko ishobora kubarasaho ibyo bisasu.
2,748 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply