James Sano wayoboraga WASAC na Kamanzi wa EDCL batawe muri yombi
— September 4, 2017
Please enter banners and links.

Polisi y’Igihugu yatangaje ko Sano James wahoze ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amazi n’isukura yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano no gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Polisi y’Igihugu rivuga ko uyu uherutse gusimburwa ku buyobozi bwa Wasac yatawe muri yombi ku wa 02 Nzeri 2017 hamwe na Kamanzi Emmanuel wahoze ayobora EDCL.

Sano James

Kamanzi Emmanuel
Polisi y’Igihugu ivuga ko Sano yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gutanga amasoko ya leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko kandi bibujijwe n’ingingo ya 628 y’igitabo gihana ibyaha mu Rwanda.
Iperereza rya Polisi ngo ryagaragaje ko uyu mugabo yatanze mu buryo bunyuranyije n’amategeko isoko rya miliyoni 61 ariha ikigo Cerrium advisory Ltd. Iri soko ryari rigamije gutegura no gukoresha ibizamini abakozi bashya
2,760 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply