Ababyeyi birukanye umukobwa wabo w’imyaka 12 kugirango ajye gushaka umugabo
— June 13, 2017
Please enter banners and links.

Kuwa 13 Kamena 2017 ahitwa I Kawempe muri Uganda haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 12 wajyanye ababyeyi be kuri Polisi kubera bamwirukanye ngo ajye gushaka umugabo.
Umwana witwa Nakayiwa yabwiye abanyamakuru ko ababyeyi be bamaze igihe bamuhohotera kugeza n’ubwo bigeze kumusukaho igikoma gishyushye kikamwotsa amaboko.
Ise w’umwana witwa Yusufu Kimera we yavuze ko aribwo yarakiva muri Sudan y’Epfo asohotse agiye aho yaparitse imodoka agarutse asanga umwana yagiye nyina arimo kwitonganya.
Ritah Nakuya ushinzwe abana yavuze ko ababyeyi bakwiye kwita ku bana cyangwa bakare kubyara abo badashoboye kurera kuko nibababyara ntibabarere amategeko azajya abahana.
Umwe mu baturanyi aho uyu mwana yari atuye yagize ati “abagabo bakwiye kujya bita ku bana kuko hari igihe umwana ashobora guhohoterwa na muka se umugabo adahari ariko buri mugabo uba ukwiye kugaruka mu rugo ukaganira n’abana bakakubwira ibibazo bahura nabyo ariko iyo uje ntubavugishe ukazinduka ugenda bimwe mu bibazo abana bahura nabyo n’ink’ibi”.
Uyu mwana yagaragaye kuri Polisi ya Kawempe afite amashashi arimo imyenda ye avuga ko ari nyina wayimujugunyiye hanze akamubwira ngo ajye gushaka umugabo.Namakuru dukesha Bukedde TV yomwe kuri uyu munsi uwo mu bona ku ifoto ni umunyamakuru wasomaga amakuru.
Muhungu John –Kampala
2,136 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply