Polisi yatangiye guhiga umugore witwa Uwimana wagaragaye ahohotera umwana ndetse na Bebe Cool yashyizeho Miliyoni (Video)
— March 14, 2021
Please enter banners and links.

Hashize iminsi micye hagaragaye amashusho n’amafoto y’umugore witwa Uwimana Patience wahohoteraga umwana ku buryo butangaje ,Polisi ikaba yatangiye kumuhiga kugirango afatwe.
Umuhanzi muri Uganda witwa Bebe Cool nawe amaze kubona uburyo uyu mugore yahohoteraga umwana yahise ashyiraho Miliyoni ya Amashilingi ya Uganda ku muntu uzatanga amakuru aho uyu mugore aherereye kuko ubu yihishe nyuma yo kumenya ko ashakishwa na Polisi ya Uganda.
Nkuko umuvugizi wa Polisi witwa Fred Enanga avuga ko Uwimana Patience n’izina ry’Ikinyarwanda ariko akaba atuye ahitwa Kinoni-Kyangwe mu ggoombolola(Umurenge) ya Kyazanga TC mu Karere ka Lwengo Polisi ishami rya CID ikaba yatangiye kumushakisha kugirango ahanwe azira ibyo yakoreye umwana.



Umuvugizi wa Polisi Fred Enanga yavuze ko umwana wahohotewe yitwa Ssebandeke Alfred akaba afite imyaka 5.
Umuvugizi wa Polisi yavuze ko Uwimana Patience yari avuye muri gereza ya Kisoro aho yashinjwaga gushaka kwica umuntu.
3,968 total views, 1 views today

AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uganda :Abanyarwanda batangij e ishuri ryigisha Umuco Nyarwanda Indashyikirwa International School
Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply