Perezida Kagame yazanye n’umuhungu we gufungura ku mugaragaro Kigali Convention Center
— July 8, 2016
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatanu taliki 8 Kamena 2016 Perezida Kagame yashimye uruhare rwa buri umwe kugira ngo iyi nzu yuzure mu Rwanda. Yagize ati “Iyi nyubako ntabwo iba yuzuye iyo hatabaho ubufatanye bw’Abanyarwanda n’abafatanyabikora bacu.”
Yavuze ko iyi nzu igaragaza ishusho y’umuco Nyarwanda ariko ikaba na gihamya ko Abanyarwanda iyo bifuje ikintu bashirwa bakigezeho.
Ubwo yazaga gufungura ku mugaragaro iyi nzu nziza cyane izaberamo inama mpuzamahanga y’Afurika izitabirwa n’abazaturuka isi yose yazanye n’umuhungu we Ivan Cyomoro nawe wari waje kureba inyubako nshya muri Kigali.

Perezida Kagame

Kigali Convention Center ni imwe mu nyubako nini mu karere u Rwanda ruherereyemo, kuko ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi bitanu.







Izajya yakira ibikorwa bitandukanye nk’inama, ibirori n’imyidagaduro, ikaba inabarizwamo Hoteli nshya muri Kigali “Radison Blu Hotel.”

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Mushikiwabo

Umuyobozi mukuru w’ungirije wa Polisi y’Igihugu Dan Munyuza yari ahari

Abari batumiwe mu muhango wo gutaha Convention Centre
Kigali Convention Center yatangiye kubakwa ahagana mu 2007.
Iyi nzu ikaba imaze imyaka myinshi yubakwa aho bivugwa ko igera ku myaka mu icyenda.
Rwego Tonny
3,758 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply