USA: Imyigaragambyo yamagana Ubwicanyi ku Birabura
— July 8, 2016
Please enter banners and links.

Ubwicanyi buherutse gukorwa n’abapolisi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ku banyamerika babiri b’abirabura bwatumye abantu bo mu Mijyi itandukanye y’Amerika bagiye mu mihanda kuva kuwa kane k’umugoroba.
Abo birabura bishwe hashize imisi ibiri ni Philando Castile wo mu Mujyi wa St. Paul, muri Leta ya Minnesota, hamwe na Alton Sterling yiciwe mu Mujyi wa Baton Rouge, muri Leta ya Louisiana.
Iyo myigaragambyo yabaye mu Mijyi ya New York, Dallas muri Texas havugwa ko hoba hari n’abapolisi cumi n’ababiri (12) barashwe mugihe iyo myigaragambyo yabaga , batatu bamaze gupfa.
Ahandi yabaye iyo myigaragambyo n’I Newark, muri Leta ya New Jersey; i Sarasota muri Florida na Grand Rapids muri Michigan hamwe n’ I Washington DC.
Iraswa ry’abo bantu babiri ryongeye kubyutsa ibibazo, ku ngufu z’umurengera zikoreshwa n’igipolisi, cyane cyane ku birabura bo muri Amerika.
Perezida Barack Obama yasabye ko amategeko yakoreshwa kugira ngo bakure m’urwego rw’igipolisi amacakubiri ashingiye ku moko, mu kuvuga ko ababajwe n’ubwo bwicanyi.
Muhungu John Kampala
3,206 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply