Perezida w’uBurundi Nkurunziza yakiriye umugore wa Ndadaye wishwe amaze amezi 3 gusa abaye Perezida
— October 15, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi kuri uyu wa kabiri tariki 15 Ukwakira 2019 nkuko kiyemeje kubagezaho amakuru yo mu Karere no ku isi yose ko Perezida w’uBurundi Petero Nkurunziza yakiriye mu biro bye umugore wuwahoze ari Perezida w’icyo gihugu Ndadaye Melchior.
Umugore wa Ndadaye Melchior witwa Laurence Ndadaye niwe wakiriwe na Perezida w’uBurundi Petero Nkurunziza hakaba hashize imyaka 26 uyu Ndadaye yishwe ndetse hakaba hategurwa umuhango wo kwibuka nyakwigendera.

Perezida w’uBurundi Nkunziza n’umugore wa Ndadaye Laurence


Ndadaye Melchior
Ndadaye Melchior niwe wabaye Perezida wa mbere w’igihugu cy’uBurundi binyuze mu matora agatsinda ariko akaba yarishwe nyuma y’amezi 3 gusa ku butegetsi azira ikibazo cy’amoko cyari gikomeye cyane muri icyo gihugu.
Ndadaye yavutse mu mwaka wi 1953 apfa mu mwaka wi 1993 akaba yari mu Ishyaka FRODEBU ryari rigizwe n’Abahutu ariko igisirikare kikaba cyari kigizwe n’Abatutsi aribo bamwishe maze ibibazo by’ivangura n’amacakubiri bishingiye ku moko kirakomera cyane.
Ntago turamenya ibyo Perezida Nkurunziza yaganiriye na Laurence Ndadaye dore ko harimo gutegurwa umuhango wo kumwibuka.
Ubundi ntago bikwiye umuntu kuziza undi ubwoko bwe kuko Imana yaremye abantu bose basa kuko bose bafite uruhu rusa abirabura n’abazungu ibaha uruhu rwabo ariko biratangaje kubona abirabura bicana bazira ubwoko.
Umuntu ntakwiye kuzira ko ari inzobe cyangwa igikara cyangwa afite izuru rinini cyangwa rirerire cyangwa ari mugufi cyangwa muremure cyangwa aho akomoka ibyo abantu bakwiye kubisa mu mitwe yabo bakumva ko bose aria bantu bamwe.
5,938 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply