Ibizamini by’Abanyeshuri barangiza umwaka wa 4 byazanywe birinzwe n’abasirikare harimo abarinda Perezida (Amafoto)
— October 14, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa mbere tariki 14 Ukwakira 2019 nibwo mu gihugu cya Uganda hatangizwaga ibizamini by’abanyeshuri barangiza umwaka wa kane w’amashuri yisumbuye ariko mu Karere ka Mbarara byahageze birinzwe ku buryo buhambaye ku buryo bishobora gukanga abanyeshuri bikaba byabaviramo gutsindwa.
Mu gihugu cya Uganda hakunda kuba amayeri menshi ugasanga ibizamini byibwe abanyeshuri bamwe bakajya gukora ikizamini bazi ibyo baribubazwe ndetse bikavugwamo ruswa nyinshi cyane ishyirwamo kugirango abana babakire batsindire hejuru.
Ibinyamakuru bikaba byavuze ko hari abanyeshuri bagera kuri 20 babujijwe gukora ikizamini gisoza ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye kuko Uganda na Kenya na Tanzania bagikorera mu mwaka wa kane (S.4) mu gihe mu Rwanda gikorerwa muwa gatatu ,ababujijwe bakaba bari batarishyura amafaranga y’ishuri.
Ibi bizamini byazanywe mu modoka nini irinzwe n’abasirikare batinywa cyane muri Uganda bitwa Military bambara ingofero zitukura ndetse na SFC bamwe mu barinda Perezida.

uko niko byazanywe kuri polisi ya Mbarara

5,092 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
1 Comment
Hhhhh!