Umuhanzi Young Grace yibarutse umwana we W’impfura
— August 30, 2019
Please enter banners and links.

Mu rukerera rwo ku wa 24 Kanama 2019 impundu zavuze urwunge iwabo wa Young Grace n’umusore babyaranye umwana baherutse kwibaruka bise akazina ka Diamante.
Ni umwana uyu muraperikazi ubusanzwe witwa Abayizera Marie Grace yari ategerezanyije amatsiko cyane ko ari imfura ye. Yamuririmbiye ibisingizo mu ndirimbo yamwitiriye nk’ikimenyetso cyerekana ko ari umwana yari ategerezanyije ibinezaneza.
Muri iyi ndirimbo yagiye hanze ku wa 8 Nyakanga 2019, uyu muraperikazi yumvikanamo avuga ko umwana we yabaye uwa mbere watumye yishimira kubaho, akaba umwe rukumbi wavuganye na we ndetse ko ubu atakora ikintu atabanje kumubaza.
Mu nyikirizo ati “Ubu ndiho ku bwawe mwana wanjye wandekura nagwa, ntawe uzagukoraho nzakubera intwari rudasumbwa Diamante.”





Mu kumuhanura, Young Grace muri iyi ndirimbo avuga ko umwana we azasanga Isi yarangiritse, akamubwira ko adakwiriye kuzagira ikibazo kuko azahamubera, akamushishikariza kuzakunda umurimo no kuzakora icyo aricyo cyose umutima we uzamuhatira.
Mu ntangiriro z’uku kwezi Young Grace yari yanditse agusaba ko kwazarangira ari umubyeyi.
Nyuma yo kwibaruka uyu mwana, yamwise amazina ashobora kwibazwaho na benshi duhereye ku ry’Ikinyarwanda, aho yamwise ‘Amata’ irindi riba ‘Anca Ae’eedah Ai’.
Ati “Anca Ae’eedah Ai bivuze impano y’ubuntu bw’Imana yaturuste ku rukundo. Hanyuma ‘Amata’ ryo ni Irinyarwanda, twese tuzi ko amata agira umumaro, ni ay’ingenzi ku buzima bwacu, urwaye barayakuramiza, agira umumaro cyane ku buzima bwacu. Natwe umwana wacu twamugereranyije nayo mu rwego rw’izina kuko ni uw’ingenzi kuri twe no ku bacu.”
Avuga ko we na se (w’umwana) bafatanyije kumwita aya mazina. Abajijwe uko yari amerewe agiye kwibaruka ati ‘ibise byo ibyabyo bibara uwariraye’.
Young Grace w’imyaka 25 yakundanaga n’umusore witwa Rwabuhihi Hubert [Piqué] gusa iby’urukundo rwabo byararangiye n’ubwo yari yamwambitse impeta nk’aho bitegura kurushinga.
5,013 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply