Imodoka ya Perezida Museveni uburyo yibwe ikaba yafatiwe muri Kenya
— June 4, 2019
Please enter banners and links.
Imodoka ya Perezida Museveni uburyo yibwe ikaba yafatiwe muri Kenya

Amakuru aravuga ko hari imodoka yajyaga igendera muri konvoyi ya Perezida Museveni yibwe mu kwezi kwa cumi na kumwe umwaka ushize wa 2018.
Iyo modoka akimara kwibwa Museveni yamenye ko abayibye bayinjije muri Kenya bityo afata Telephone nkuko asanzwe abigenza ahamagara mushuti we Perezida wa Kenya Uhuru amumenyesha ko hari imodoka ye yibwe kandi afite amakuru ko yinjijwe muri Kenya.
Perezida wa Kenya Uhuru nawe yamenyesheje abashinzwe ibinyabiziga mu muhanda ndetse n’abashinzwe umutekano ko bashaka iyo modoka yo mu bwoko bwa Toyota Kluger.
Abashinzwe umutekano muri Kenya iyi modoka bakaba barayifashe muri Mata uyu mwaka wa 2019 bayifatira ahitwa Gilgil yarambitswe plaque za Sudan y’Epfo SSD 598M bityo ikaba yamaze gushyikirizwa abashinzwe kurinda Perezida Museveni.
Abagande bamaze kugera ku rwego ruteye ubwoba mu kwiba aho batinyukira kwiba imodoka ya Perezida ubwo n’iki batakwiba koko ?.
5,221 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply