Cyiza Vanessa nimero 6 yabaye uwa kane usezerewe muri Miss Rwanda 2019-AMAFOTO
— January 23, 2019
Please enter banners and links.

Umukobwa witwa Tuyishimire Cyiza Vanessa yasezerewe mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 mu ijoro ry’uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019.
Yiyongereye ku rutonde rw’abakobwa barimo Higiro Joally wasezerewe rugikubita, wakuriwe na Igihozo Darine ndetse na Umurungi Sandrine wasezerewe mu ijoro ry’uyu wa kabiri tariki 22 Mutarama 2019.
Abakobwa batowemo uva mu irushanwa ni umukobwa wambaye nimero 6 [Tuyishime Cyiza Vanessa] ndetse n’umukobwa wambaye nimero 33 [Inyumba Charlotte].
Gukuramo abakobwa mu irushanwa rya Miss Rwanda bigeze ku munsi wa kane. Ku mugoroba w’uyu Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, bahawe isuzuma bumenyi rishingiye ku itangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga. Iri suzuma barihawe mbere y’uko buri wese asobanura ingingo runaka yihitiyemo, buri mukobwa yahabwaga iminota 30.





Akanama nkemurampaka kifashishijwe mu bijyanye n’ingingo y’itangazamakuru ndetse n’imbuga nkoranyambaga, kagizwe na James Munyaneza, Umuyobozi w’abanditsi bakuru mu kinyamakuru The New Times, afite imyaka 20 y’uburambe muri aka kazi k’itangazamakuru. Hari kandi Karangwa Jevis uhagarariye RBA mu karere ka Huye.
Munyaneza yasomye ibibazo byose abwira abakobwa bahatanye ikamba. Byari ibibazo bine, buri mukobwa yasabwaga guhitamo agasubiza ikibazo kimwe bijyanye n’amahitamo ye.
Ibibazo abakobwa babajijwe ni: 1. Ni gute wakoresha imbuga nkoranyambaga mu kumenyekanisha igihugu cyawe? 2. Uramutse wambitswe ikamba rya Miss Rwanda, sobanura uburyo wakoresha itangazamakuru mu kumenyekanisha intego ya Miss Rwanda.
- Ni gute uzakoresha imbuga nkoranyambaga mu kumenyekanisha no gushyira mu bikorwa umushinga wawe?. 4. Ni uruhe ruhare rw’itangazamakuru mu kumenyekanisha umuco wacu?.
Abakobwa batanu bahise bakomeza bitewe n’amajwi bagize ni: Mwiseneza Josiane ufite amajwi 31 571, Bayera Nisha Keza 28 460, Uwicyeza Pamella 18 267, Niyonsaba Josiane 17 518 ndetse na Mutoni Oliver 17 473.
Hagomba gusohoka abakobwa 5 nkuko byavuzwe n’abategura iki gikorwa cya Miss Rwanda n’ubwo iri rushanwa rinengwa n’abenshi uburyo ritegurwa ,impamvu hahora ari kampuni y’umuntu umwe gusa ,abandi bakibaza niba ari Miss Rwanda Leta igira uruhe ruhare mu itegurwa n’ibindi byinshi bivugwa.
6,363 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply