Urukundo rwa Senderi na Anita ruzitwa Magufuri hit
— January 25, 2016
Please enter banners and links.

Muri iyi minsi haravugwa inkuru y’umuhanzi Eric Senderi uzwiho guhindura amazina uko bwije n’uko bucyeye akaba yarabanje kwitwa International Hit ,aza guhindura yitwa Tuff hit ,arongera arahindura yitwa Maguri hit aho niho abantu bahereye bavuga ko urukondo rwabo ruzitwa Magufuri hit.
Anita n’umunyamakuru akaba n’umushyushya rugammba ndetse akaba n’umukobwa wa mbere mu Rwanda wu mu DJ .
Bimwe mu bitangazamakuru bitandukanye byagiye bivuga ko Anita aherutse kuvuga ko ashaka umugabo ndetse na Sendiri akaba yarashakaga umugore bityo biza kurangira bombi bakundanye ndetse aba paparazzi bo mu Rwanda bakaba barafotoye basohokanye.
Uko bahuye n’ibindi byose muzabisoma mu kinyamakuru Umusingi cy’ubutaha .
Noella
3,508 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply