Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wapfushije umugore agiye gukora ubukwe
— November 29, 2017
Please enter banners and links.

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare ukorera Isango Star afite umukunzi mushya bitegura kurushinga nyuma y’umwaka ushize umugore we wa mbere yitabye Imana.
Mu Ukwakira 2016, Jean Lambert Gatare yagize ibyago apfusha umugore we wari umaze igihe kinini arwaye. Yabanje kuvurizwa mu Mujyi wa Nairobi nyuma ajyanwa mu bitaro byitiriwe umwami Faycal ku Kacyiru ari naho yaguye ku itariki ya 1 Ukwakira 2016.
Nyuma y’umwaka ushize Jean Lambert Gatare apfushije umugore ubu aritegura kurushingana n’umukunzi we witwa Nikuze Odette. Ubukwe bwabo bombi buzaba mu Ukuboza 2017.


Umuryango wa Jean Lambert Gatare uzajya kumusabira umugeni ku itariki ya 26 Ukuboza 2017 mu muhango uzabera iwabo w’umukobwa ku Kicukiro hanyuma bajye gusezerana imbere y’Imana muri Paruwasi ya Saint Michel.
Nyuma yo gusezerana na Nikuze Odette[Dede], abatumiwe bazakirirwa mu busitani bwa Rugende ahazwi nka Rugende Park cyangwa se ’Rugende Training Centre’.
3,119 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply