Young Grace yatangaje impamvu azazimanira abafana be ikinyobwa cya Jus cyanditseho izina rye mu gitaramo .
— November 29, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzikazi mu njyana ya Hip Hop Abayizera Marie Grace uzwi cyane hano mu Rwanda nka Young Grace,hashize igihe ari mu mwiteguto yigitaramo azakorera mu karere ka Rubavu cyo kumurika Album ye nshya yise 20 a`22ans,anategura ifunguro azaha abakunzi be bazitabira ikirori.
Young Graceni umwe mu bahanzikazi bakunzwe mu njyana ya Hip Hop ,iyi njyana ntikunze gukurikirwa n’abahanzi benshi,kuko usanga abenshi bavugako iyi njyana isaba imbaraga mu miririmbire,mu bitaramo byinshi young Grace akora akenshi azana udushya mu bitaramo.
Taliki 2 Ukuboza 2017 saa munani mu nyubako ya Sunrise Hotel iherereye mu Mujyi wa Rubavu nibwo igitaramo kizaba gitangiye,abahanzi batandukanye bazafatanya na Young Grace ku murika iyo Album,harimo Amag The Black,Bull Dog,Sintex n’abandi.
Ikinyobwa kiri mu bwoko bwa Jus nicyo kizaba kiri kuzimanirwa uwitabire ibirori,iki kinyobwa kiriho ifoto ya Young Grace,iyi Jus izahabwa umuntu wese uzajya ugura Ticket nyuma akongezwa ikinyobwa cya Jus kubuntu.
Young Grace aganira n’ikinyamakuru umusingi.net yabatangarije ko iyo Jus yageneye abafana ifite akabanga kihariye ,kandi niyo mu rwego rwo kwifuriza abakunzi be umwaka mwiza na Noheli nziza.


Youg Grace yagize ati”abafana banjye ndabakunda ninayo mpamvu nabateguriye impano ya Jus mu rwego rwo kubashimira ko twabanye neza umwaka wose,uzagura ticket azongezwa Jus y’urwibutso ku buntu.”
Abajijwe nimba icyo kinyobwa cya Jus cyanditseho izina rye kizaguma ku isoko nyuma y’igitaramo yagize ati”Iyi Jus izakoreshwa mu gitaramo gusa ntabwo nyuma y’igitaramo zizongera kugaragara ukundi,kuko nubwo izateganijwe ari nyinshi zizarangirana n’ikirori,nemeye gukoresha amafaranga yanjye atari make nsengerera abafana kuko bamba hafi”.
David Mayira/umusingi.net
2,403 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply