Umuherwe Kirumira yaguze imodoka ya Miliyoni 700 ifite camera ishobora kukwereka uyitwaye icyo akora aho yaba ari hose
— March 15, 2016
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda umuherwe witwa Godfrey Kirumira yaguze imodoka ihenze cyane mu gihugu cya Uganda iba iya 2 ,ubu zibaye imodoka 2 gusa zihenze muri Uganda yose .
Iya mbere yari yaraguzwe n’umugabo ukomoka mu gihugu cy’uBuhinde w’umuherwe uba Kampala witwa Sudhir Ruparelia kuko aba baherwe bombi imodoka zabo zigura amafaranga amwe n’ubwo umwe yatanze undi kuyigura.Iyi modoka yo mubwoko bwa Lexus LX” 2016.
Kirumira avuga ko imodoka ye abantu ntibarayimenya bamwe baba babona idahenze ariko n’imodoka nshya yakozwe uyu mwaka wa 2016.
Avuga ko iyi modoka ifite camera yo mubwoko bwa GPS ishobora kukwereka icyo umushoferi uyitwaye akora washaka ukaba wayifunga ihagahagarara aho igeze ukoresheje iyo camera.
Ifite izindi camera zishobora ku kwereka buri kintu gituruka ku mpande ziyo modoka zose .

Iyo moto cyangwa umunyozi agiye kwegera iyo modoka igenda amapine yayo araka uyitwaye agahita amenya ko moto cyangwa uwakagari agiye kuyigonga yaba aturutse inyuma cyangwa imbere no ku mpande zayo.
Izindi modoka iyo ziyegereye cyane indeberwamo zayo zo kuruhande bakunda kwita side mirror ziraka ukamenya ko iyo modoka ikwegereye ishobora kukugonga.
Ipine ry’iyi modoka rimwe gusa rigura Miliyoni 10 n’itara ryayo rigura Miliyoni 10 kandi iyo rimenetse ugura yose kuko ntabwo wemerewe kugura rimwe ryamenetse ahubwo uyagurira icya rimwe yose.






Iyo wicaye muri iyo modoka imbere yawe haba hari Televiziyo yo mubwoko bwa Flat ugenda wirebera amasheni atandukanye .
Iyi modoka nta mushoferi wapfa kuyitwara ari ubwa mbere kuko hari igitabo cyabugenewe cyayo ubanza gusoma kugirango umenye uko bayitwara .
Reba mu mafoto uko iyi modoka imeza na nyirayo Kirumira ayerekana .
Noella
3,109 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply