Umupfumu yafatanywe umwana agiye kumusadaka akatirwa imyaka 45
— April 28, 2017
Please enter banners and links.

Umupfumu mu gihugu cya Uganda yafatanywe umwana agiye kumusadaka akatirwa imyaka 45 afunzwe.
Abapfumu mu gihugu cya Uganda bica abana bacyane bakajya gutanga amaraso yabo cyangwa imitwe yabo cyangwa bakabakuramo impyiko bakazigurisha ariko abenshi baba ashaka amaraso yabo.
Ikinyamakuru cyo muri Uganda Bukedde cyavuze ko uyu mupfumu utavuzwe amazina ye yavuze ko yaragiye kumutangaho igitambo kugirango agire imbaraga zo kuvura abantu ariko agira umwaku arafatwa.
Uyu mupfumu ufite imyaka 50 akaba yakatiwe imyaka 45 afunzwe bivuze ko azafungurwa afite imyaka 95 ,akaba ashobora kuzapfira muri gereza kuko kugeza imyaka 95 ntibyoroshye noneho ufunzwe.
Muri Uganda hariyo ikibazo gikomeye cyo kwiba abana bamwe bakabagurisha cyane cyane mu bitaro abandi bakajya kubatangaho igitambo bakabica bagakoresha amaro yabo ndetse abandi bakabakuramo imyiko bakazigurusha mu bihugu by’Iburayi.
4,061 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply