umu amakuru- Abantu bashobora gutura ku wundi mugabane w’Isi wa Mars,Ese habaho isi ebyiri? | Umusingi

Abantu bashobora gutura ku wundi mugabane w’Isi wa Mars,Ese habaho isi ebyiri?

Please enter banners and links.

Ubu amakuru avugwa n’uburyo abantu bashobora gutura ku wundi mugabane witwa Mars nyuma y’uko hoherejweyo ikizungirizi kikagenda urugendo rungana na 239 miliyoni miles kuva ku isi kugera kuri uwo mugabane.

Iki kizungerezi kikaba cyaragezeyo ejo Kuwa 19 Gashyantare 2021 kikaba cyaragiye gishyizweho camera zizajya zifata amafoto yaho akoherezwa ku bacyoherejeyo hanyuma akifashishwa mu bushakashatsi kugirango barebe niba abantu bashobora kujya guturayo ntibagire ikibazo.

Ubutwandika iyi nkuru ibinyamakuru bikomeye nka za CNN na BBC n’iyo nkuru ivugwa cyane kuko bivugwa ko iki gikorwa cyakozwe cyari cyarageragejwe cyera byaranze ariko abitwa NASA’s Perseverance Mars Rover aribo bakoze icyo kizungerezi kiswe Perkey gihwanye n’agaciro ka Miliyari $2.2 .

NASA’s Perseverance Mars Rover banditse bakoresheje twitter bishimira ko ikizungirizi cyabo cyakandagiye ku mugabane wa Mars bati twishimiye ko ibyo twagerageje kenshi byaranze noneho tubigezeho.

Ibi ndetse byashimwe na Perezida wa America Joe Biden avuga ko yifatanije n’isi yose kureba ikizungerezi cyoherejwe ku mugabane wa Mars kigerayo.

Muhungu John

 

 

3,084 total views, 7 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.