Umuherwe Sudhir agiye kuregwa nyuma y’uko Don Zella yibiwe 80,000 by’Amadorari na Miliyoni 30 muri hotel ye
— January 9, 2021
Please enter banners and links.

Umugore uzwi cyane muri Uganda w’umuherwe witwa Sheila Nandege bakunda kwita Nalongo Sheila Don Zella akaba yaribiwe muri hotel y’umuherwe Sudhir wo muri Kampala akaba yaribwe amadorari ibihumbi mirongo inani 80,000 ndetse yibwa na Miliyoni mirongo itatu z’Amashingiringi ya Uganda.
Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi kimaze kugira abakunzi benshi muri Uganda ni uko Polisi yo kuri Jinja Road muri Kampala yafashe umusore witwa Adome Jeremy w’imyaka 36 akaba akurikiranyweho ibyaha by’ubujura akaba yaribye Don Zella .
Nalongo Sheila Don Zella avuga ko ku itariki 6 Ukuboza 2020 yakodesheje ibyumba 2 muri Speke Apartments kuri Wampewo avenue nimero z’ibyjumba 107 ni 512 ariko ku munsi wa Noheli aratembera ajya kurya ubuzima dore ko uyu mugore ari mu bagore bazwi muri Uganda no kumbuga nkoranyambaga nk’umugore urya ubuzima maze ubwo agarutse asanga ibintu yasize mu cyumba yararagamo babyibye.
Don Zella avuga ko mu byo bamwibye bindi harimo amatelephone 4, Camera yo mu bwoko bwa Nikon, passport 8, Laptop 2 byose ibyibwe bikaba bibarirwa muri Miliyoni Magana ane mirongo itandatu z’Amashilingi ya Uganda 460.


Don Zella akaba yari yavuze ko agiye kurega kuri polisi umuherwe Sudhir ukorera abayobozi bakuru b’igihugu ariko akimara kuvuga ko agiye kumurega Speke Apartments yandikiye Ambasade y’Amerika muri icyo gihugu ndetse yandikira na EU ko Don Zella afatwa kubera gukwirakwiza amadorari na ama Euro yamakorano.
Umuvugizi wa Polisi wungirije muri Kampala n’inkengero Luke Owoyesigyire akaba yabwiye abanyamakuru ko bakoresheje camera zo kuri Speke Apartments basanga umusore witwa Adome Jeremy ari we winjiye mu cyumba cya Don Zella aramwiba akaba yarafitiwe ahitwa Arua asigaranye ibihumbi 60.000 by’Amadorari kandi ari amakorano.

Don Zella na Big Eye bagikundana
Ibi byatumye hari abavuga ko Uganda ari igihugu kigaragaza ko gikize kuko abantu kwinjirana mu gihugu amadorari nk’ayo ndetse hari n’abandi binjiranayo menshi cyane kurusha ayo biba bigaragaza ko icyo gihugu gikize.
Icyo twababwira ni uko Don Zella yari umugore w’umuhanzi witwa Big Eye baza gutandukana nabi uyu mugore akajya yirwa amuserereza ko ari we wamusohokanaga akamugurira imyenda n’inkweto akamugurira ibiryo ariko ubu Big Eye akaba amaze igihe akorera Perezida Museveni campaign z’amatora y’umukuru w’Igihugu cya Uganda ateganijwe muri uku kwezi tariki 14.
Muhungu John-Kampala
2,909 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply