umu amakuru- Bobi Wine n’umugore we Barbie nibo bavuzwe cyane mu bukwe bwa Nubianli | Umusingi

Bobi Wine n’umugore we Barbie nibo bavuzwe cyane mu bukwe bwa Nubianli

Please enter banners and links.

Umuhanzi Nubianli akaba inshuti magara ya Bobi Wine yakoze ubukwe ariko abatashye ubukwe aho kureba abageni ahubwo barebaga Bobi Wine n’umugore we Barbie ndetse ikiganiro ari Bobi na Barbie.

Nubianli yasezeranye mu mategeko n’umugore we bari bamaranye igihe Gloria Mutoni akaba ari umunyarwandakazi ndetse na Bobi Wine umugore we Itungo Barbie akaba ari umunyarwandakazi .

Bobi Wine n’umugore we Barbie umunsi w’ubukwe bwa Nubianli na Gloria

Nubianli n’umugore we Gloria Mutoni

Impamvu Bobi Wine n’umugore we Barbie bariye show nkuko bivugwa mu ndimi z’Abayaye bivuze kuba aribo bavuzwe cyane ni ukubera Barbie yari yaberewe cyane ndetse na Bobi Wine yaberewe bikubitaraho ko akunzwe cyane nk’umuntu wari umuhanzi ukunzwe cyane akinjira muri politike akiyamamariza kuba Perezida wa Uganda.

Barbie na Bobi Wine n’ubusanzwe bambara neza bakaberwa

Bobi Wine niwe wari Best Man mu gihe Barbie yari Metron mu bukwe bwavugishije benshi kubera cyane cyane uburyo Barbie yari yaberewe kurusha umugeni.

Noellah

4,636 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.