Bobi Wine n’umugore we Barbie nibo bavuzwe cyane mu bukwe bwa Nubianli
— October 12, 2021
Please enter banners and links.

Umuhanzi Nubianli akaba inshuti magara ya Bobi Wine yakoze ubukwe ariko abatashye ubukwe aho kureba abageni ahubwo barebaga Bobi Wine n’umugore we Barbie ndetse ikiganiro ari Bobi na Barbie.
Nubianli yasezeranye mu mategeko n’umugore we bari bamaranye igihe Gloria Mutoni akaba ari umunyarwandakazi ndetse na Bobi Wine umugore we Itungo Barbie akaba ari umunyarwandakazi .


Bobi Wine n’umugore we Barbie umunsi w’ubukwe bwa Nubianli na Gloria


Nubianli n’umugore we Gloria Mutoni
Impamvu Bobi Wine n’umugore we Barbie bariye show nkuko bivugwa mu ndimi z’Abayaye bivuze kuba aribo bavuzwe cyane ni ukubera Barbie yari yaberewe cyane ndetse na Bobi Wine yaberewe bikubitaraho ko akunzwe cyane nk’umuntu wari umuhanzi ukunzwe cyane akinjira muri politike akiyamamariza kuba Perezida wa Uganda.

Barbie na Bobi Wine n’ubusanzwe bambara neza bakaberwa

Bobi Wine niwe wari Best Man mu gihe Barbie yari Metron mu bukwe bwavugishije benshi kubera cyane cyane uburyo Barbie yari yaberewe kurusha umugeni.
Noellah
4,636 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Miss Iradukunda Elsa umukobwa ukwiye kwandikwa mu mateka y’urukundo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply