Umugore washyize itangazo kumugaragaro ko ashaka umugabo yagaragaye asomana n’undi mugore mugenzi we
— July 18, 2016
Please enter banners and links.

Umugore witwa Nalongo Sheilla Don Zella aherutse gushyira itangazo ku rubuga rwe rwa Facebook avuga ko akeneye umugabo ndetse avuga umugabo ashaka uko yaba ameze n’ibyo agomba kuba yujuje.
Uyu munsi Kuwa 18 Nyakanga 2016 uyu mugore birashoboka kuba yarabuze umugabo kandi amukeneye cyane akaba yahisemo gusomana n’undi mugore mugenzi we bituma abantu benshi bamwibazaho cyane niba kubura umugabo byatuma yishora mu bintu bimeze nk’ubutinganyi.


Uyu mugore n’umusitari yagiye akundana n’abagabo babakiri batandukanye akaba afite abana 3 .
Camera zikaba zamufashe arimo gusomana n’undi mugore abantu batangira kubivugaho cyane ariko we akaba yavuze ko gusomana n’undi mukobwa yise murumuna we cyangwa inshuti ikomeye ari ukwishimisha kuko ntakibazo kibirimo.

Hano wabonaga akibishaka
Amaze kubona abagiye bamwandikira kurubuga rwe ko adakwiye gukora ibintu nk’ibyo yakoze ahubwo akwiye kuba urugero rwiza rw’abana be ahubwo yatangiye kubatuka ibitutsi bikomeye avuga ko mu bamuvuga usanga bigira beza kandi bamwe bafata utwana duto bakaturongora.



Ashyiraho itangazo yari yavuze ati aho guceceka kandi nshaka umugabo mukumva ngo nafashe akana gato ka gahungu cyangwa ngo basanze nirongoza inka nabivuga kuko nta gisebo kirimo kuba nshaka umugabo.
Nalongo Sheilla yagize ati “simbyumva kumara amezi 6 yose nta mugabo”.
Yavuze ko umugabo ashaka agomba kuba ari muremure kandi ari umuhanga mugukora imibonano mpuzabitsina ku buryo atazamupfubya.
Noella
5,740 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
1 Comment
nitwa oscar,indi umurundi,narahukanye nashaka umugore akuze twabana.numero yange ya whatsapp ni +255627751027