Umugore washyize itangazo kumugaragaro ko ashaka umugabo yagaragaye asomana n’undi mugore mugenzi we
— July 18, 2016
Please enter banners and links.

Umugore witwa Nalongo Sheilla Don Zella aherutse gushyira itangazo ku rubuga rwe rwa Facebook avuga ko akeneye umugabo ndetse avuga umugabo ashaka uko yaba ameze n’ibyo agomba kuba yujuje.
Uyu munsi Kuwa 18 Nyakanga 2016 uyu mugore birashoboka kuba yarabuze umugabo kandi amukeneye cyane akaba yahisemo gusomana n’undi mugore mugenzi we bituma abantu benshi bamwibazaho cyane niba kubura umugabo byatuma yishora mu bintu bimeze nk’ubutinganyi.


Uyu mugore n’umusitari yagiye akundana n’abagabo babakiri batandukanye akaba afite abana 3 .
Camera zikaba zamufashe arimo gusomana n’undi mugore abantu batangira kubivugaho cyane ariko we akaba yavuze ko gusomana n’undi mukobwa yise murumuna we cyangwa inshuti ikomeye ari ukwishimisha kuko ntakibazo kibirimo.

Hano wabonaga akibishaka
Amaze kubona abagiye bamwandikira kurubuga rwe ko adakwiye gukora ibintu nk’ibyo yakoze ahubwo akwiye kuba urugero rwiza rw’abana be ahubwo yatangiye kubatuka ibitutsi bikomeye avuga ko mu bamuvuga usanga bigira beza kandi bamwe bafata utwana duto bakaturongora.



Ashyiraho itangazo yari yavuze ati aho guceceka kandi nshaka umugabo mukumva ngo nafashe akana gato ka gahungu cyangwa ngo basanze nirongoza inka nabivuga kuko nta gisebo kirimo kuba nshaka umugabo.
Nalongo Sheilla yagize ati “simbyumva kumara amezi 6 yose nta mugabo”.
Yavuze ko umugabo ashaka agomba kuba ari muremure kandi ari umuhanga mugukora imibonano mpuzabitsina ku buryo atazamupfubya.
Noella
5,800 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
1 Comment
nitwa oscar,indi umurundi,narahukanye nashaka umugore akuze twabana.numero yange ya whatsapp ni +255627751027