Amasasu yongeye guturika muri Sudan y’Epfo 270 bahasiga ubuzima
— July 10, 2016
Please enter banners and links.

Abantu benshi bamaze gupfa abamaze kumenywa umubare wabo bakaba ari 270 muri Sudan y’Epfo mu mujyi wa Juba intambara ikaba iri hagati y’abasirikare ba Leta n’abarinda Visi Perezida Dr. Riekh Machar Teny Dhurgon.
Intambara isa niyatangiye bushya kuko mu minsi yashize hari harajemo agahenge kubera imishyikirano yabaye yo guhagarika imirwano.




Uyu munsi ku cyumweru Talike 10 Nyakanga 2016 nibwo amasasu menshi yaturikaga arusha inkono iri kuziko gutogota aho bamwe bahise bazinga utwihuse batangira guhunga igihugu.
Iki gihugu gifite Abanyarwanda benshi bagiyeyo gushakisha imibereho bamwe bakora ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibindi bitandukanye ariko cyane hakaba hariyo abakobwa bakora uburaya ari benshi.
Uretse kuba hariyo Abanyarwanda benshi hariyo Abagande benshi cyane dore ko bazi no gucuruza ndetse hakaba hariyo nandi moko menshi kuko iki gihugu intambara ya mbere ikirangira ubwo Sudan y’Epfo yiyomokoraga kuri Sudan ikaba igihugu ukwacyo hari amahirwe menshi yo kubona akazi kuko igihugu cyariyubakaga ariyo mpamvu abantu benshi birukiyeyo bajya gushakirayo imibereho.
Ibihugu bitandukanye byagiye byoherezayo Ingabo kurinda umutekano ndetse n’igihugu cy’uRwanda kikaba cyarazohereje mu mutwe w’Ingabo zibumbuye hamwe za LONI.Inkuru irambuye tuzayibagezaho uko imirwano ikomeje.
Rwego Tonny
2,565 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply