Princess Priscillah yakoze indirimbo yise warandemewe bayoberwa uwo abwira.
— July 10, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi ukunzwe cyane w’umunyarwanda uba muri America Princess Priscillah yakoze indirimbo ayita warandemewe ariko inshuti ze ziyoberwa umuhungu abwira.
Princess Priscillah n’umuhanzi ukunzwe cyane kubera ijwi rye ryiza agira ndetse akagira n’uburanga akongeraho ubuhanga mu buhanzi bwe bigatuma ibihangano bye bikundwa cyane.
Abahanzi batandukanye bifuza gukorana nawe indirimbo ndetse bamwe mu bahanzi babanyarwanda bakomeye barimo The Ben ,Meddy ,King James ,Urban Boys ,Ama G The Black ,Fire Man ,Uncle Austin n’abandi bamaze gukorana nawe indirimbo.
Uyu muhanzi akunda kuririmbira umuhungu akunda ariko utaramenyekana ndetse n’inshuti ze zo mu Rwanda ku buryo zayobewe uwo muhungu.Mu ndirimbo ze harimo Nta cyadutanya ,Nkeneye umukunzi ,Mbabarira ,Icyo mbarusha ,Nka Paradizo yakoranye na Meddy ,Bagupfusha ubusa yakoranye n’abahanzi batandukanye ndetse iyi ikaba yarakunzwe cyane n’izindi nyinshi.

Bamwe mu nshuti za Priscillah bavuga ko umuhungu aba abwira acishije mu ndirimbo ari King James dore ko mu minsi yashize byigeze kuvugwa ko baba bari mu rukundo .
Impamvu bavuga King James ni uko King James yafashe amafaranga ye menshi yakoreye imyaka myinshi ayarundanya akurira indege akajya gusura uyu mukobwa muri America ndetse bagakorana indirimbo yitwa Ndagutegereje bishatse kuvuga ko yari agiye kumubwira ko amutegereje narangiza kwiga azaza bakabirangiza nkuko bivugwa by’iki gihe.

The Ben ari kumwe na Princess Priscillah
Uyu muhanzikazi w’umunyarwanda ubu biravugwa ko ariwe wa mbere mu bakobwa bo mu Rwanda muri muzika ugereranije n’indirimbo ze uburyo ziba zikunzwe ndetse wareba n’abahanzi amaze gukorana nabo ,hakiyongeraho ko ari na mwiza.Gukunda kwaba bahanzi baraguhakanye ariko inshuti zabo zikabyemeza .
Abahanzi akenshi bemera kumunota wa nyuma Knowless na Clement urukundo rwabo rwavuzwe cyera Knowless akimara gutandukana na Safi Madiba ariko barabihakanye ku munota wa nyuma babyemera Clement amwambitse impeta yo kumwemeza ko bazarushingana ndetse bakabana ubuzima bwose mu bibi n’ibyiza none na Priscillah na King James ishobora kuba ariyo nzira.
Noella
4,047 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply