Karongi :Bafite Umudayimoni ubasenyera inzu cyangwa n’inyabingi ?
— February 7, 2020
Please enter banners and links.

Umuryango w’abantu 8 babaga muri shitingi babanamo n’amatungo nyuma bakorerwa ubuvugizi n’itangazamakuru umugiraneza umwe uba hanze y’uRwanda witwa Winnie Mbabazi abatera inkunga bubaka inzu iciriritse.
Hashize iminsi 3 iyo nzu yongeye kugwa kubera imvura nkuko iyo babagamo mbere nayo yagushijwe n’imvura.
Bamwe mu baturanyi baribaza niba uyu muryango ufite umudayimoni ubasenyera cyangwa ari nyabingi kuko ngo bari bamaze kugira ikizere ko inzu bari bubatse bazagenda bayitunganya buhoro buhoro nyuma yo kuyitaha itararangira neza kubera kubura aho kuba.


Inzu bari barubatse nshyshya nayo yasenywe n’imvura


Inzu babagamo mbere igasenyuka kubera imvura

Ikinyamakuru Umusingi cyagerageje kubakorera ubuvugizi bw’iyo nzu yaguye kimwe mu byatumye n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Rubengera ubijundika dore ko n’amabati bahawe n’ubuyobozi yari agiye kuribwa habura gato.Inkuru irambuye tuzayibagezaho umunsi w’ejo.
www.umusingi1@gmail.com
3,628 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply