Itegeko ryasohotse muri Uganda ribuza abantu kwambara ingofero zitukura rigaragaza ko Museveni atinya People Power ya Bobi Wine,uzafatwa ayambaye azafungwa imyaka 7
— October 1, 2019
Please enter banners and links.

Itegeko ryo muri 2005 rya Uganda People’s Defence (UPDF)ribuza umuntu usanzwe kwambara cyangwa kugurisha no kugaragaza imyambaro yenda gusa n’iya UPDF.
Ingingo yi 164 y’itegeko ryasohotse ribuza abantu kwambara ingofero zitukura nkuko People Power ya Bobi Wine arizo bambaraga ivuga ko umuntu wese uzajya afatwa yambaye cyangwa agurisha ibyavuzwe haruguru bibujijwe azajya abihanirwa.
Umuntu wese uzajya afatwa akagezwa mu Nkiko agatsindwa azajya afungwa imyaka 7 yose ariko People Power bakaba batangiye kwamagana iri tegeko ndetse bavuga ko ibyo ari ugutinya kandi ko ingofero zabo zitandukanye n’izivugwa mu itegeko.
Bamwe mu bantu bo muri People Power bavuze ko iryo tegeko rigaragaza Museveni atinye People Power ko izamukura ku butegetsi vuba.
3,671 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply