Mu bahanzi baririmbye mu gitaramo cyo kwibohora 25 Senderi International hit watangaje irindi zina rye niwe warushije abandi bahanzi kwemeza abafana
— July 5, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Senderi International hit n’umuhanzi uzwiho udushya twinshi ku munsi wo Kuwa 4 Nyakanga 2019 umunsi w’amateka mu Rwanda wizihizwa kubera igihugu cy’ibohoye hakaba hategurwa igitaramo Abanyarwanda bakizihiza bagataramirwa.
Igitaramo cyabereye kuri Stade Amahoro I Remera ahasanzwe hategurirwa ibitaramo hakaba hari hatumiwemo abahanzi batandukanye barimo Senderi International hit wiyongeyeho irindi zina rya Mudatenguha ,Bruce Molody ,Rideman,Charly na Nina,Mariya Yohani,Sengiyumva bakunda kwita Igisupusupu ,Karasira,Bruvani,King James n’abandi ariko Senderi International Hit Mudatenguha ageze ku rubyiniro abafana bavugije induru cyane nkaho hari ikintu gishya kibaye kidasanzwe.
Twegereye umwe mu bafana tutashoboye kumenya izina rye tumubajije impamvu bavuza induru cyane kuko nawe yavuzaga induru asimbuka cyane ubona yishimye tumubajije avuga ko Senderi bamukunda cyane kubera uburyo abashimisha n’ibihangano bye n’uburyo ahorana udushya.

Senderi International Hit Mudatenguha


Bravani

King James

Nsengiyumva bakunda kwitirira indirimbo ye igisupusupu

Charly umusore amukandakanda mu mayunguyungu

Uyu musore ninako yakandakandaga na Nina ubanza aribyo yikundira
Senderi International hit Mudatenguha ahamagawe ku rubyiniro yabanje yohereza abasore be bazi ku byina asigara ku ruhande barabanza bashyushya abafana maze nawe ahita yurira urubyiniro nk’umusitari wese afatanya n’abasore be bashyushya abafana maze induru ziba nyinshi kubera kumwishimira.
Twababwira ko Senderi International hit ari umuhanzi uzwi cyane mu Rwanda no ku isi kuko amaze kujya mu bihugu bitandukanye kubera umuziki ndetse na Perezida Kagame akaba aherutse kuvuga ku bihangano bye aho yavuze ko hari indirimbo ye akwiye kugira icyo ahinduramo ,Senderi akaba yabwiye abafana ko indirimbo ye n’Intore Tuyisenge Perezida Kagame yavuzeho ko isubirwamo bakagira amagambo amwe bahindura bayihinduye ndetse akaba yayibyinnye.
Senderi International hit afite indirimbo nyinshi zirimo nka Komeza utuyobore ,Aragiye ,Tekana,Zabonetse n’izindi nyinshi cyane kandi zikunzwe.
Noella
3,785 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply