Miss World Africa Abenakyo yaje kwa Museveni kumwereka ko umusatsi w’abazungu yawukuyeho nkuko yabimusabye
— December 30, 2018
Please enter banners and links.

Umukobwa mwiza muri Africa uba mu gihugu cya Uganda akaba ari nawe Miss Uganda witwa Abenakyo Quiin yongeye kwakirwa na Perezida Museveni uyu munsi tariki ya 29 Ukuboza 2018 aje kumwereka ko inama yamugiriye yo gukuraho umusatsi wa kizungu akagumana uwe karemano yabikoze.
Museveni yishimiye kwakira Abenakyo mu rugo rwe Mbarara Rwakitura aho yabwiye itangazamakuru ko Abenakyo ari umukobwa mwiza yamugiriye inama yo kugumana umusatsi karemano Imana yamuhaye kandi ko aribyo byiza kuba umunyafurika.
Perezida Museveni yabwiye Abenakyo ko ubwiza bwe adakwiye kugira icyo yiyongeraho uko Imana yamuremye ubwiza bwe adakwiye kugira icyo yongeraho cyangwa agabanyaho akwiye kugumana ubwiza yaremanywe kandi ko ariko kuba umunyafurika nyawe.




Perezida Museveni n’umugore we Janet Museveni na Miss World Africa Abenakyo Quiin

Museveni yaretse Miss Abenakyo umugore we Janet Museveni ko afite umusatsi karemano atajya yambara imwe abagore bakunda kugura bakayishyiraho maze amushimira kuba yarumvise inama yamugiriye kandi akaba yamwemereye inkunga mu mishinga afite.
3,577 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply