Ibyatumye Mugabe yemera kuva ku butegetsi mu mahoro ,azakomeza ahembwe nka Perezida n’imodoka zose yagendagamo azazigumana n’ibindi byinshi
— November 24, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri Zimbabwe ni uko hamenyekanye impamvu Perezida Robert Mugabe yemeye kuva ku butegetsi mu mahoro ,impamvu yemeye ni uko yabagejejeho icyifuzo cye ko nia bashaka ko ava ku butegetsi azakomeza agahemwa nka Perezida ndetse akavuzwa uko yajyaga avuzwa no kumurekereza imodoka ze yagendagamo ari Perezida.
Abasirikare barabyemeye arabisinyira bityo ava ku butegetsi ubu akaba ari umuturage ariko ufite icyubahiro muri Zimbabwe nk’umuntu wayoboye icyo gihugu imyaka myinshi 37.
Perezida Mugabe yahembwaga Amadorari ya Amerika ibihumbi cumi n’umunani na Magana atandatu (18.600USD)buri kwezi.
Ibi byemejwe Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa ahari ndetse n’abasirikare bagize uruhare kugirango yegure ku butegetsi yari yanze ariko bamwemerera ibyo yabasabye byose kugeza umunsi wa nyuma azava ku isi.
Perezida Mugabe mbere yahembwaga Amadorari ibihumbi cumi na bibiri by’Amadorari ya Amerika ariko muri 2015 aratakamba ko amafaranga ahembwa ari make cyane bityo bamuzamurira umushahara we.
Ikindi bamwemereye ko bazamuha uburinzi uko abyifuza mu gihugu no hanze yacyo kugeza apfuye ariko bamubwira ko nawe yemera ko atazongera kujya mu bya politike.
Mugabe yabanje gushaka kujya kuba muri Africa y’Epfo aho afite amazu menshi n’ubundi bukire ariko agezaho yemeza ko azaguma mu rugo rwe Blue roof ruruta Perezdansi yo muri Zimbabwe ndetse ruyirusha n’ubwiza.
Urugo rwa Mugabe ni runini cyane harimo ikibuga cy’indege ,Pisine ,n’ibyumba 25 kandi byose byiza bigezweho .
Rwego Tony
2,303 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply