Mu Rwanda hashinzwe ishuri ryigisha gufata amashusho hakoreshejwe indege zitagira abapilote (drone)
— September 25, 2017
Please enter banners and links.

Bwa mbere mu Rwanda hashinzwe ishuri ryigisha gufata amashusho hakoreshejwe indege zitagira umupilote (drones), bikazafasha abari basanzwe muri uyu mwuga kuba inararibonye mu gukoresha ibikoresho bifata amashusho.
Mu kiganiro twagiranye na Bizimana Belgine, umuyobozi mukuru w’iri shuri ‘Belgine Training Center (BTC), avuga ko atari ibijyanye n’amashusho gusa bazajya biga, ahubwo ko bizanafasha abanyamakuru b’umwuga.
Agira ati “amasomo tuzajya twigisha ni menshi atandukanye, ni amahirwe ku urubyiruko ruzajya ruhabwa ubumenyi, ruzajya ruhungukira byinshi kandi mu gihe gito”.
Akomeza avuga ko amasomo azajya atangirwa muri iri shuri; gufata amashusho ukoresheje camera na Drones, gutunganya amajwi n’amashusho, gushushanya amashusho ‘graphics design’, kumenyereza umwuga w’itangazamakuru (TV Presenter),…
Mu rwego rwogufasha urubyiruko kwiga imyuga no kwiteza imbere, abantu 10 baziyandikisha bwa mbere bazishyurirwa 20% n’iki kigo BTC.


Ikigo ‘Belgine Training Center (BTC)’ kizajya kigishamo abarimo batandukanye, Abanyarwanda n’abandi b’inzobere baturutse mu gihugu cy’U Buholandi.
Abifuza kwiga aya masomo baratangira kwiyandikisha uhereye ku itariki ya 15 Nzeri 2017 imbere ya sitade regional i Nyamirambo mu kigo cy’abasaveri.
Aya masomo azajya amara amezi 3, ukundi kwezi kukaba uko kwimenyereza uyu mwuga kuri TV , abazakurikira aya masomo kandi bazahabwa impamyabumenyi.
Hanashyizweho kandi umurongo wa Telefoni uzajya ubafasha mu gihe hari ufite ibyo ashaka gusobanuza kuri gahunda ijyanye n’ayamasomo , ariwo +250783721 444, nimero ikoreshwa kuri watsapp.
Ayamasomo azatangira ku wa 1 Ukwakira 2017.
2,936 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply