Umuhanzi Bobi Wine yageze mu mashuri ashaka amajwi yo kuba Umudepite
— June 26, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi Kyagulanyi uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine amaze iminsi aashakisha amajwi azengura hirya no hino aho ashaka kuba Umudepite mu gihugu cya Uganda.
Uyu munsi Kuwa 26 Kamena 2017 Bobi Wine akaba yazindukiye ku mashuri ya Gayaza high school, Atlas high school na Cambridge high school.
Bobi Wine akaba yagize ati “hari abanyeshuri benshi bagomba gutora kandi n’abarimu babigisha baratora niyo mpamvu amajwi yabo nabo nyakeneye niyo mpamvu nafashe umunsi wo kujya kuganira nabo mbasaba ko banshyigikira”.
Uzatorwa azaba ahagarariye ahitwa Cyadondo East akaba ahatana n’abandi baturuka mu mashyaka ndetse n’abiyamamaza ku giti cyabo (Bigenga)aho bamwe baturuka mu Ishyaka rya Perezida Museveni rya Movement ,FDC ya Kiiza Besige .



Bobi Wine ugiye gutangira kwitwa Nyakubahwa arimo kuganira n’umuyobozi w’ikigo cy’ishuri


Bategereje ko isaha igera gusa
Umuhanzi Bobi Wine akaba agiye gusangayo undi muhanzi mu Nteko ishingamategeko ya Uganda witwa Judith Babirye uririmba aindirimbo z’Imana ndetse akaba ahabwa amahirwe yo gutsinda.Impamvu bavuga ko Bobi Wine ashobora gutsinda ni uko afite abahanzi bagenzi be bakomeye mu gihugu cya Uganda bamufasha mu kugenda bakora ibitaramo byo gushaka amajwi.
Muhungu John –Kampala
2,421 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply