Indirimbo nta cyadutanya ikomeje gukundwa cyane
— March 2, 2016
Please enter banners and links.

Abahanzi bo mu Rwanda cyane cyane abagiye kuba hanze kurushanwa gukora indirimbo nziza bigiye gutuma bagera kure mu gukora indirimbo nziza zigakundwa cyane .
Muri iyi minsi haravugwa indirimbo ya The Ben yakoranye na Prencess Priscillah Umuratwa yitwa Nta cyadutanya indirimbo abantu benshi bakunda cyane kubera uburyo ikozwemo n’uburyo abo bahanzi bambaye neza n’ahantu heza iyo ndirimbo yakorewe.
Bamwe mu Banyarwanda benshi muri iyi minsi usanga bavuga ko abahanzi bagiye hanze nibo bafite ibihangano bikunzwe cyane kurusha abasigaye mu Rwanda.

Batanga ingero bavuga indirimbo nshya Ntacyadutanya ya The Ben na Priscillah Umuratwa umukobwa ukomeje kugaragaza ubuhanga muri muzika .
Indirimbo yagiye akorana n’abahanzi batandukanye zose zirakundwa cyane zirimo iyi yakoranye na The Ben bavuga ko izaqtwara igihembo cy’indirimbo y’umwaka ,hagakurikiraho Bagupfusha ubusa ,iyo yakoranye na Meddy ,iyo yakoranye na King James n’izindi zitandukanye zose zagiye zikundwa.

Undi uvugwa nawe wakoranye indirimbo na Meddy igakundwa ni Kitooko ,abantu bakaba bibaza impamvu bagera hanze indirimbo zabo zikarushaho kuba nziza no gukundwa cyane kurusha baba mu Rwanda .
Uwitwa Iradukunda M Grace yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko abahanzi babanyarwanda basigaye bakora indirimbo nziza ziruta n’izabanyamerika .

Iradukunda yagize ati “urebye indirimbo Nta cyadutandukanya wagirango bayikorewe n’ukorera Chris Brown cyangwa ukorera Rihana cyangwa Jennifer Lopez kuko nibo bahanzi bakora indirimbo zikaza zikunzwe cyane none n’abahanzi bacu ibihangano byabo bigeze kurwego rushimishije barabura kimwe gusa gushakisha uko zajya zicurangwa kuma sheni akomeye ku isi nka MTV n’izindi nka Tracy”.

Mu Rwanda ubu uvugwa ni Man Martin ufite indirimbo zikunzwe na Urban Boyz ariko iziza imbere n’izabahanzi babanyarwanda bagiye kuba hanze .
Buri muntu wese urebye indirimbo Ntacyadutanya byanze bikunze agira icyo avuga haba ku myambarire ya Priscillah myiza na The Ben bari bambaye neza noneho bakagira ijwi ryiza hakiyongeraho ubuhanga bwabo n’ahantu yakorewe hasaga neza indirimbo ukabona ko ari iya mbere nkuko abo bahanzi ubu bivugwa ko mu bahungu The Ben ariwe wa mbere naho mu bakobwa Priscilla akaba uwa mbere agakurikirwa na Butera Knowless.
Noella
3,496 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply