Umuherwe Patrick Asaya polisi yamufashe asambanira mu modoka kumanywa.
— August 10, 2016
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatatu taliki 10 Kanama 2016 Polisi imaze kumufata yayisobanuriye ko ijoro ryose banyoye inzoga bakabura akanya ko kujya kwinezeza .
Umuherwe wa Makindye muri Kampala witwa Patrick Asaya yahuruje abaturage benshi ubwo bamusanze asambana n’umugore mu modoka ye kumanywa yihangu bahamagara polisi bakayibwira ko baraye banywa inzoga bakabura akanya ko kujya kwishimisha.
Ibi byabereye Wankulukuku hafi ya polisi ya Kitebi aho abaturage babonye imodoka yuyu muherwe iparitse bakajya kureba bagasanga barimo gukora imibonano mpuzabitsina kumanywa yihangu.
Aba bombi Patrick Asaya n’umugore nawe ufite umugabo wamenyekanye nka Monica Ntege bose barashatse ariko buri umwe yaciye inyuma uwo bashakanye bafatwa na Polisi.
Ubwo bw’imodoka yuyu muherwe ni Fit ifite plaque UAY 131A ,umuturage akaba yabwiye abanyamakuru ko yabonye imodoka yizunguza cyane aho yari iparitse yajya kureba igituma yizunguza kandi iparitse arungurutsemo abona amaguru y’umugore ari hejuru yambaye inkweto ndende ahita ahamagara bagenzi nabo bahamagara polisi irabafata.
Uyu muherwe agendana uburangiti mu modoka ye bakaba bari bitwikiriye mu maso.
Uyu muherwe yajyanywe kuri polisi ariko abagore benshi bamubwiraga amagambo atari meza bamucyurira guta urugo rwe akajya mu ndaya.Bakiri kuri polisi abagabo bavugaga ko ntacyaha yakoze ko afite uburenganzira bwo gukorera icyo ashaka mu modoka ye abandi bakavuga ko gusambanira ku nzira ndetse mu modoka kumanywa bitesha icyubahiro .
Hari abandi bavuga ko abagore muri iyi minsi bakabije gutera abagabo babo imigongo aribyo bituma bajya gushaka indaya cyangwa bituma babaca inyuma nkuko ikinyamakuru Bukedde kibivuga.
Ukuriye ba maneko kuri polisi ya Kitebi Francis Kateega yavuze ko babuze icyaha bamushinja bakaba bagiye kumurekura.
Muhungu John Kampala
3,289 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply