Uwibye ihene za muheneye baramufata bazimuzirika mu ijosi
— August 10, 2016
Please enter banners and links.

Uyu munsi Kuwa 10 Kanama 2016 ,JUMA Mukose ubundi wiyita Juma Were yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga yibye ihene za muteye umwaku agafatwa bakazimuzirika mu ijosi.
Bamusanze azishoreye harimo ni ntama azijyanye kuzibaga abonye umusirikare ashaka kwiruka ,umusirikare arakokinga (ashyiramo isasu)bityo Juma Mukose arahagarara avuga ko azikuye kwa mushiki we ,bahamagaye polisi atangira kuvuga ati “ni nde nahuye nawe mu gitondo akantera umwaku”.
Bahise mafata bamujyana kuri polisi ahitwa Musongola muri Uganda bakaba bamushinja icyaha cy’ubujura akazagezwa imbere y’ubutabera akabusobanurira impamvu yibye amatunga atari aye.
Muhungu John Kampala
2,846 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply