Uwibye ihene za muheneye baramufata bazimuzirika mu ijosi
— August 10, 2016
Please enter banners and links.

Uyu munsi Kuwa 10 Kanama 2016 ,JUMA Mukose ubundi wiyita Juma Were yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga yibye ihene za muteye umwaku agafatwa bakazimuzirika mu ijosi.
Bamusanze azishoreye harimo ni ntama azijyanye kuzibaga abonye umusirikare ashaka kwiruka ,umusirikare arakokinga (ashyiramo isasu)bityo Juma Mukose arahagarara avuga ko azikuye kwa mushiki we ,bahamagaye polisi atangira kuvuga ati “ni nde nahuye nawe mu gitondo akantera umwaku”.
Bahise mafata bamujyana kuri polisi ahitwa Musongola muri Uganda bakaba bamushinja icyaha cy’ubujura akazagezwa imbere y’ubutabera akabusobanurira impamvu yibye amatunga atari aye.
Muhungu John Kampala
2,806 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply