Amahirwe yo gutegura inama zikomeye bimarira igihugu.
— August 3, 2016
Please enter banners and links.

U Rwanda ruherutse kwakira inama ikomeye y’ibihugu byishyize hamwe by’Afurika AU ariko bamwe ntibazi akamaro kwikira inama zikomeye nka ziriya bigirira igihugu.
Bamwe bavuga ko igirira akamaro ababa bayigiyemo abandi bakavuga ko agirira akamaro abayobozi gusa abandi nabo bakavuga ko igirira akamaro igihugu muri rusange.

Amahirwe aba ari henshi uhereye ku bashoferi batwaraga imodoka nshyanshya zaguzwe zo gutwara abashyitsi ,ayo namwe mu mahirwe kuko iyo itaba abo bashoferi ntibari kubona akazi .
Hotels cyangwa se amacumbi wasangaga yose yarafashwe aho abashyitsi bazarara ayo nayo n’amahirwe yandi ,iyo inama itaba ba nyiri ma Hotel ntibaba barabonye ibyo biraka (amafaranga).
Ni bwo bwa mbere hemejwe ndetse hakorwa Passport izakoreshwa mu kugenda mu bihugu by’Afurika ,ayo nayo n’amahirwe ndetse akomeye.

Hagaragaye imodoka z’ishami rya polisi yo mu muhanda nshyanshya nyinshi ziparitse kuri stade Amahoro zari izo gufasha kurinda umutekano wo mu muhanda igihe cy’inama nayo akaba ari amahirwe akomeye.
Hari n’ibindi byinshi igihugu cyungukira mu gutegura no kwakira inama zaba zikomeye nka AU utibagiwe n’izina ry’igihugu riba rirushijeho kumenyekana.
2,625 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply