umu amakuru- Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose | Umusingi

Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose

Please enter banners and links.

Nkuko mwabimenyereye Ikinyamakuru Umusingi kibagezaho amakuru nyayo ni muri urwo rwego kigiye kujya kibagezaho amakuru y’abantu bafite ibigurishwa birimo ubutaka,Amazu,Imodoka n’ibindi byose.

Kuwa 31 Gicurasi 2025 nibwo Uwitwa Karamuzi Dickson na Gatera Stanley batangije gahunda yo kujya bafasha abantu bashaka kugurisha n’abashaka kugura ibyo bashaka byose mu gihugu cya Uganda bikaba bizajya bishyirwa kuri www.umusingi.org bityo aho waba uri hose ku isi ukaba wabona icyo ushaka.

Hari abantu benshi mu bihugu bitandukanye baba bashaka amazu yo kugura cyangwa gukodesha ariko badafite amakuru ,hari n’abandi baba bashaka kugurisha ariko badafite abagura ariko ibintu byose bigiye kujya bijya hano hanyuma umuntu ahitemo icyo ashaka.

Mu bihugu byateye imbere usanga ibintu byose ujya online ukabona ibyo ushaka natwe n’ibyo tubazaniye kandi tuzabikora neza.Icyo usabwa n’ukutwandikira kuri Telephone zacu murazisanga mu kiganiro tugiye kubaha link yacyo kiri kuri Omusingi tv nayo ikorana n’iKinyamakuru Umusingi.

Banza urebe ikiganiro hanyuma niba ufite icyo ushaka kugura cyangwa kugurisha utubwire.

Niba ushaka no kugupimira ubutaka bwawe  ukamenya uko bungana nabyo turabikora kuko ibikoresho byose bigezweho turabifite.

1,367 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.