Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose
— June 2, 2025
Please enter banners and links.

Nkuko mwabimenyereye Ikinyamakuru Umusingi kibagezaho amakuru nyayo ni muri urwo rwego kigiye kujya kibagezaho amakuru y’abantu bafite ibigurishwa birimo ubutaka,Amazu,Imodoka n’ibindi byose.
Kuwa 31 Gicurasi 2025 nibwo Uwitwa Karamuzi Dickson na Gatera Stanley batangije gahunda yo kujya bafasha abantu bashaka kugurisha n’abashaka kugura ibyo bashaka byose mu gihugu cya Uganda bikaba bizajya bishyirwa kuri www.umusingi.org bityo aho waba uri hose ku isi ukaba wabona icyo ushaka.
Hari abantu benshi mu bihugu bitandukanye baba bashaka amazu yo kugura cyangwa gukodesha ariko badafite amakuru ,hari n’abandi baba bashaka kugurisha ariko badafite abagura ariko ibintu byose bigiye kujya bijya hano hanyuma umuntu ahitemo icyo ashaka.

Mu bihugu byateye imbere usanga ibintu byose ujya online ukabona ibyo ushaka natwe n’ibyo tubazaniye kandi tuzabikora neza.Icyo usabwa n’ukutwandikira kuri Telephone zacu murazisanga mu kiganiro tugiye kubaha link yacyo kiri kuri Omusingi tv nayo ikorana n’iKinyamakuru Umusingi.
Banza urebe ikiganiro hanyuma niba ufite icyo ushaka kugura cyangwa kugurisha utubwire.
Niba ushaka no kugupimira ubutaka bwawe ukamenya uko bungana nabyo turabikora kuko ibikoresho byose bigezweho turabifite.
1,367 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply