Polisi irasabwa kwihutisha iperereza ku mutwe w’umwana woherejwe ku nteko nshinga mategeko
— September 17, 2020
Please enter banners and links.

Perezidante w’inteko nshinga amategeko Rebecca Kadaga yasabye polisi kwihutisha iperereza ku umugabo w’imyaka 23 wafatanywe umutwe w’umwana ku nteko nshinga amategeko awumwoherereje nk’impano.
Joseph Nuwashaba utuye mu karereka Bushenyi ubwo yarageze ku muryango w’Inteko yafashwe n’abashinzwe umutekano afatanwa agakarito karimo umutwe w’umwana.
Nyuma yo kubazwa icyamuteye kuza ku nteko nshinga amategeko, byatangajwe ko uyu mutwe w’umwana wari wagenewe kugera ku biro bya Kadaga.


Umusore wafatanywe umutwe w’umwana awujyanye ku Nteko ishingamategeko

Kadaga yagizeati “nyuma y’uko hakozwe iperereza abapolisi bagomba kugira inama inteko nshinga amategeko kuri iki kibazo”.
Ushinzwe umubano rusange wa CID Charles Twiine, impuguke mu bwicanyi zirimo gusesengura umutwe w’uyumwana wishwe kugirango zirebe niba umutwe uhuye n’umurambo w’umukobwa w’imyaka itatu wishwe wasanzwe hafi y’uruganda rutunganya amazi I Kajabweni mu mugiwa Masaka.
Amakuru aturuka muri NUP Ishyaka rya Bobi Wine aravuga ko uwo mutwe wari wapanzwe kugirango bawushyire mu modoka ya Rebecca Kadaga atabizi bakamufunga Burundi ndetse abandi bakavuga ko ari umupangu wo gufungisha Bobi Wine kugirango ataziyamamariza kuyobora Uganda kuko iyo umupangu ucamo neza uwo bawufatanye yagombaga gushinja Bobi Wine bityo agafatwa agafungwa.
Ishimwe Marie Gabriella
2,934 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply