Perezida w’I Burundi Gen.Evariste Ndayishimiye yatangaje abantu yikoreye ijerekani ku mutwe asa nuva kuvoma amazi ku iriba
— August 2, 2020
Please enter banners and links.

Ku munsi w’ejo tariki ya 1 Kanama 2020 ubwo abaturage mu gihugu cy’u Burundi babonaga Perezida w’icyo gihugu yikoreye ijerekani ku mutwe we asa nuvuye kuvoma amazi ku iriba.
Kubera tariki ya mbere ukwezi kwa munani uba ari umunsi witwa Umusinsi w’Umuganura aho abayobozi akenshi basangira n’abaturage kimwe no mu Rwanda biraba ariko ho biba kuwa gatanu w’icyumweru cya mbere cy’ukwezi kwa 8.
Perezida Gen.Everiste Ndayishimiye abamubonye yikoreye ijerekana baziko avuye kuvoma amazi ahubwo yari yikoreye ibyo yaragiye gusangira n’abaturage ku munsi w’Umuganura.
Uyu mu Perezida kuva yajyaho ari gukora ibintu bitangaje abandi ba Perezida badashobora gukora nko mu minsi ishize yagaragaye ari mu baturage yizihiwe abyina avuza ingoma asimbuka ubona ko yishimye cyane.



Perezida Gen.Everiste Ndayishimiye n’umugore we bikoreye amajerekani

Abaturage barimo gusangira Umuganura
Umwe mu baganiriye n’Ikinyamakuru Umusingi uri mu gihugu cy’u Burundi utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Tubona Perezida wacu ari umuntu usanzwe wagirango ntabwo ari Perezida cyangwa umusirikare ukomeye kuko ntibisanzwe kubona umu Perezida yisanzura mu baturage nkuko uyu wacu abikora natwe biradutangaza cyane”.
Uyu mugabo watuganirije yakomeje avuga ko ubundi biriya aribyo bikwiye kuko ntiwatinya abaturage kandi aribo baba bagutoye bagukunda ati kuki se bagutora wowe ukabatinya?.
Amakuru aturuka mu nzego z’ubuyobozi mu gihugu cy’u Burundi avuga ko Perezida Evariste afite imigambi yo kwegera abaturage nabo hasi cyane akabageraho ku buryo bamukunda cyane akamenyekana cyane ku buryo ku mukura kubutegetsi bizagirana.
Nkuko mubizi Ikinyamakuru Umusingi kibagezaho amakuru mutasanga ahandi kandi kikagira abakozi mu bihugu bitandukanye kandi kikagira abasomyi benshi ku isi yose kuko nta gihugu kitarimo abanyarwanda benshi bityo rero ntimugacikwe n’amakuru aba agezweho nandi acukumbuye cyangwa aya politike kandi namwe mujye muduha amakuru haba kuri email cyangwa muduhamagare nimero zacu ziriho ku kinyamakuru hasi.
Kandi twababwira ko Ikinyamakuru Umusingi gifite facebook page yitwa Ikinyamakuru Umusingi kuri Facebook ifite inyenyeri 5 nkuko mubona hotels zigira inyenyeri 5 na Facebook page iyo ikunzwe cyane isomwa n’abantu benshi bagenda bazishyira mu byiciro bityo iyacu ikaba ifite inyenyeri 5 bivuze ko uwashaka kumwamamariza twabimukorera kuko isomwa cyane n’abantu benshi.
Ikindi nanone ni uko na Website yacu isomwa cyane nkubu hari inkuru imaze kugira aba viewers benshi bagera ku bihumbi 43 bivuze ko iri mu za mbere mu Rwanda zasomwe n’abantu benshi cyane.
Gasore Fred –Burundi
4,571 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply