Uri umugore ukazana murumuna wawe mu rugo rwawe bikarangira umugabo wawe amuteye inda warakarira nde ?
— February 28, 2020
Please enter banners and links.

Hari ingeso abagore bagira aho usanga hari abazana barumuna babo mu mago yabo bikarangira umugabo amuteye inda.
Ese ari umugabo na murumuna wawe ubwo ninde warakarira kuko mu rumuna wawe aba abaye mukeba wawe ?cyangwa byose aba ari wowe nyirabayazana uzana murumuna wawe kuba iwawe?.
Ibi ni bintu bimaze kuba ingeso ku mago menshi ndetse ugasanga bamwe mu bagore batandukanye n’abagabo kandi abagabo barengana aho hari abavuga ko wowe mugore iyo utazana mu rumuna wawe mu rugo rwanyu nta kibazo kiba cyaravutse.
Nonese ibaza akana kari mu myaka yo kikoraho buri mugabo akakifuza ,umugabo arava ku kazi kakaba ariko kamusanganira kakamusuhuza nyamugore ntacyo bimutwaye cyangwa akagasanga muri Salon kicaye kiyambitse ibibero bigaragara umugabo uko akareba buri munsi n’uburyo kamwitwaraho kamuha care yo mu magambo bigatuma umugabo arushaho kugatekerezaho.
Cyane cyane iyo umugore adaha care nyazo umugabo bituma umutima wimukira kuri karumuna ke n’ubwo kaba gakuze ariko ubundi ntibikwiye ko umugabo aryamana n’undi uwo ari we wese kuko ni icyaha kandi gihanwa n’amategeko.
Ikindi ibibazo biba bivutse mu miryango kuko umugore ahita yirukana murumuna we kuko atabyarira muri urwo rugo bivuze ko ahabyariye aba agize abagore babiri ,iwabo w’umugore ubwo nabo bagahura no kwita ku mwana wabo n’iyo umugabo yaba amufasha rwihishwa biramenyakana .
Hari abavuga ko atarakarira umugabo we ahubwo yarakarira mu rumuna we impamvu yemeye kuryamana n’umugabo we ,kuki atamureze kuri mukuru we aho kwemera kuryamana n’umugabo wa mukuru we?.
Hari abandi bavuga bati bombi nabarakarira murumuna wanjye nkamwirukana ndetse n’umugabo tugatandukana ariko hakaba abavuga bati mbere yo kurakarira umugabo cyangwa mu rumuna wawe kuki wamuzanye mu rugo rwawe iyo umureka ko nta kibazo kiba cyaravutse bityo bakavuga ko umugore ari we ukwiye kwirenganya impamvu aba yarizaniye ibibazo mu rugo?.Wowe usoma iyi nkuru ubyumva ute?ari wowe wabigenza ute?.
Umusingi1@gmail.com
7,711 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ese abagabo barabuze koko?Ese abantu babanye bakazakora ubukwe nyuma hari icyo bitwaye mu muco wa Kinyarwanda?
Umugabo iyo yirukanye umukozi wo mu rugo umugore akanga ko agenda bivuze iki?
Gushaka umugabo watandukanye n’umugore cyangwa umugore watandukanye n’umugabo hari icyo bitwaye ku bakobwa n’abahungu batarashakaho?
Menya impamvu zituma abakobwa batarongorwa bakagwa kuziko kandi cyera cyaraziraga
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply