Menya Amanota Miss Rwanda Nishimwe Naomie yagize mu kizamini cya Leta,ntabwo amwemerera kwiga Kaminuza
— February 24, 2020
Please enter banners and links.

Nishimwe Naomie Nyampinga w’u Rwanda mushya mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye y’umwaka wa 2019 yagize amanota 13 kuri 73.
Kuri uyu wa Mbere tariki 24 Gashyantare 2020 ni bwo Minisiteri y’Uburezi (Mineduc) yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2019 bisoza amashuri yisumbuye n’ay’imyuga.
Ni mu muhango witabiriwe n’ababyeyi ndetse n’abana bahize abandi ku rwego rw’Igihugu. Mu mashuri yisumbuye, abanyeshuri batsinze bavuye kuri 88,12% bagera kuri 89,50. Mu myuga abanyeshuri abatsinze bangana na 91,1%.
Miss Nishimwe Naomie yasoje amashuri yisumbuye kuri Glory Secondary School mu ishami ry’Imibare, Ubukungu n’Ubumenyi bw’Isi (Maths, Economics and Geography [MEG]). Amanota yasohotse aragaragaza ko yagize 13 kuri 73.
Uyu mukobwa yiyamarije mu Mujyi wa Kigali anawuhesha ikuzo mu irushanwa rya Miss Rwanda 2020. Afite umushinga wo kurwanya agahinda gakabije mu bantu.
Nishimwe Naomie yegukanye amakamba abiri. Yambitswe ikamba ry’umukobwa uberwa n’amafoto [Miss Photogenic 2020] rifite agaciro ka 1,200,000 Frw anambikwa ikamba riruta ayandi rya Nyampinga w’u Rwanda 2020.




Yahembwe imodoka nshya ya Suzuki Swift 2019 ifite agaciro ka Miliyoni 18 Frw. Buri kwezi azajya ahembwa ibihumbi 800 Frw. Uyu mukobwa yemerewe serivisi za banki n’ubwishingizi bwo kwivuza mu gihe cy’umwaka umwe ku buntu.
Nyampinga ukunzwe na benshi (Miss Popularity) yabaye Irasubiza Alliance ahembwa na sosiyete y’itumanaho ya MTN 1,500,000FRW, iPhone 8Plus ya 64 GB ndetse anahabwa guhamagara no gukoresha interineti ku buntu mu gihe cy’umwaka umwe.
Ni mu gihe Teta Ndenga Nicole yambitswe ikamba rya Nyampinga w’umurage (Miss Heritage). Nishimwe Namoie yabaye Miss Rwanda wa karindwi mu batowe bigizwemo uruhare na kompanyi ya Rwanda Inspiration Back Up.
4,970 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply