Umugore yateye umugabo we icyuma mu mutima aramwica amuziza inyama
— October 4, 2019
Please enter banners and links.

Matovu na Dabageire
Mu gihugu cya Uganda umugore yateye umugabo e icyuma mu mutima aramwica amuziza inyama bivugwa ko umugabo yagiye kwiyarurira inyama kandi ntazo yaguze.
Ubu bwicanyi bwabaye ejo ahitwa Mundeba hafi nahitwa ku Nyanha ya Kabaka muri Lubaga muri Kampala .
Norah Dabegeire niwe wateye icyuma umugabo we Bob Matovu nyuma y’uko umugabo yagiye kwiyarurira umuceri n’inyama umugore yari yatetse kandi umugabo yari yagiye atamusigiye amafaranga yo guhaha.
Assy Arinaitwe umuturanyi w’aba bantu yabwiye itangazamakuru ko bamaze igihe bafite ubutumvikana mu rugo rwabo aho umugore ashinja umugabo kutamusigira amafaranga yo guhaha kandi umugabo yagaruka ninjoro akamusaba ibiryo.


Uko byagenda kose kwica umuntu ntago aricyo gisubizo ibyiza mwatandukana umwe akajya kwishakishiriza imibereho aho kurwana umwe akica undi kuko uwishe abagiye gufungwa burundu muri gereza abana bakabaho nabi cyane kandi mutandukanye mwafashanya kurera abana ndetse mwese mukabaho.
Muhungu John-Kampala
4,939 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply