Mbere yo gupfa yategetse ko abazaza kumushingura aho gushyira itaka mu mva bazashyiremo ibinyamakuru
— June 18, 2019
Please enter banners and links.

Umusaza witwa Ludoviiko Ssenyonjo w’imyaka 89 yapfuye ariko mbere yo gupfa ibyo yategetse bazamukorera umunsi wo kumushyingura byatangaje abantu benshi.
Mu gihugu cya Uganda uyu musaza Ludoviiko Ssenyonjo yakundaga gusoma cyane ibinyamakuru maze mbere yo gupfa abwira abana be ko umunsi yapfuye abantu bose bazaza kumushyingura aho kumujugunyaho itaka nkuko bisanzwe bikorwa bazajugunyemo mu mva ye ibinyamakuru.
Mu kumushyingura hagaragaye abantu benshi ariko bafite ibinyamakuru abandi barimo kubigura kugirango bubahirize ibyo yasabye kumukorera.

Ludoviiko Ssenyonjo


Bashyiramo ibinyamakuru

Mu gihugu cya Uganda umusaza cyangwa umukecuru iyo avuze ikintu ko gikorwa mu kumushyingura kigomba kubahirizwa kigakorwa kuko iyo kidakozwe hari igihe umurambo wanga kujya mu mva.
Abantu basigaye bibaza ku itegeko uyu musaza yasize avuze kumushyingurana ibinyamakuru nkaho azabisoma kandi yapfuye.
3,807 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply