Mbere yo gupfa yategetse ko abazaza kumushingura aho gushyira itaka mu mva bazashyiremo ibinyamakuru
— June 18, 2019
Please enter banners and links.

Umusaza witwa Ludoviiko Ssenyonjo w’imyaka 89 yapfuye ariko mbere yo gupfa ibyo yategetse bazamukorera umunsi wo kumushyingura byatangaje abantu benshi.
Mu gihugu cya Uganda uyu musaza Ludoviiko Ssenyonjo yakundaga gusoma cyane ibinyamakuru maze mbere yo gupfa abwira abana be ko umunsi yapfuye abantu bose bazaza kumushyingura aho kumujugunyaho itaka nkuko bisanzwe bikorwa bazajugunyemo mu mva ye ibinyamakuru.
Mu kumushyingura hagaragaye abantu benshi ariko bafite ibinyamakuru abandi barimo kubigura kugirango bubahirize ibyo yasabye kumukorera.

Ludoviiko Ssenyonjo


Bashyiramo ibinyamakuru

Mu gihugu cya Uganda umusaza cyangwa umukecuru iyo avuze ikintu ko gikorwa mu kumushyingura kigomba kubahirizwa kigakorwa kuko iyo kidakozwe hari igihe umurambo wanga kujya mu mva.
Abantu basigaye bibaza ku itegeko uyu musaza yasize avuze kumushyingurana ibinyamakuru nkaho azabisoma kandi yapfuye.
3,771 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply