Perezida Museveni yavuze impamvu ikomeye Bobi Wine ushaka kumuhirika ku butegetsi atazongera kuririmba muri Uganda
— May 24, 2019
Please enter banners and links.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yavuze ku kibazo cya Bobi Wine gitera abantu ubwoba n’impamvu yafashe icyemezo gukarishye ku muhanzi Bobi Wine.
Museveni Kuwa 22 Gicurasi 2019 ubwo yahuraga n’imitwe ya Politike yo muri Uganda nkuko ijya ihura yabajijwe impamvu umuhanzi Bobi Wine utari uri muri iyo nama yabujijwe gukora ibitaramo kandi abandi bahanzi bemerewe.
Museveni yabasubije ko Bobi Wine atazongera gukorera ibitaramo mu gihugu cya Uganda kubera ko atifuriza Uganda ibyiza bityo rero batazamwemerera kugira icyo akorera mu gihugu kimwinjiriza.
Museveni yavuze ko Bobi Wine afite abazungu akorana nabo iyo agiye mu bihugu by’Abazungu avuga nabi Uganda akabuza abashoramari ndetse n’abamukerarugendo bityo rero nawe agomba kubihanirwa.Museveni yagize ati « Bobi Wine aje agasaba imbabazi twamureka ».

Perezida Museveni

Depite Bobi Wine
Abantu nyuma yo kumva ibi batangiye kuvuga ko Museveni yafashe icyemezo kibi kandi ko bishobora kubabaza benshi kuko abakunda umuziki wa Bobi Wine nibenshi cyane kandi nkuko yita abandi abuzukuru na Bobi Wine n’ubwo batumvikana n’umwuzukuru we akwiye gushyiramo imbaraga za kibyeyi.
Ibyo gusaba imbabazi Bobi Wine ubona atabikozwa we ikimurimo ni uko yumva azakura Museveni ku butegetsi kubera afite abantu benshi bamukunda kandi urubyiruko cyane cyane ariko nanone kuba adafite igisirikare cye byamugora n’ubwo bivugwa ko mu gisirikare cya Uganda n’igiporisi harimo benshi bamushyigikiye.
Bobi Wine yabwiye abapolisi n’abasirikare baba baje kumufata ati ibyo ndwana nabyo ni uguhindura ubuzima bw’abana banyu biga nabi ,barya nabi ,babayeho nabi n’ababyeyi banyu mucyaro batishimye kubera ubuyobozi bubi bwa Museveni udashaka kuva ku butegetsi.
Hari abavuga ko Museveni ari kugerageza ibishoboka byose kugirango ananize Bobi Wine kubera ko abona urubyiruko rumwiyumvamo cyane akaba amuteye ubwoba kurusha Besigye.
Muhungu John-Kampala
6,776 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply